igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Kamala Harris yaba yaratutse umunyamakuru wa CNN kuri nyina?
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Kamala Harris yaba yaratutse umunyamakuru wa CNN kuri nyina?
AMAKURUMU MAHANGA

Kamala Harris yaba yaratutse umunyamakuru wa CNN kuri nyina?

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 24, 2025 10:05 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Uwahoze ari Visi Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Kamala Harris aravugwaho gutuka umunyamakuru Anderson Cooper wa Televiziyo ya CNN kuri nyina muri Kamena 2024, amuziza kumuhata ibibazo.

Ni ibyo igitabo ‘Original Sin’ cya Jake Tapper na Alex Thompson bakorera iyi televiziyo kigaragaza, nyuma y’uko gishyizwe ahagaragara ku wa 20 Gicurasi 2025.

The New York Post, yavuze ko ubwo Biden yagaragazaga intege nke mu kiganiro mpaka yahuriyemo na Trump muri Kamena 2024, ishyaka ry’Aba-Démocrates ryasabye Kamala kutajya mu biganiro mu binyamakuru, kuko ryari rifite impungenge ko ashobora kuhasebera, gusa abima amatwi.

Umunyamakuru Cooper yagaragaje ko Aba-Démocrates bagiye ku gitutu ubwo Biden yitwaye nabi muri iki kiganiro, Kamala amusubiza ko nubwo uwahoze ari Umukuru w’Igihugu yatangiranye intege nke, yarangije ikiganiro mpaka ari we uri hejuru.

Ibyagaragajwe n’iki gitabo birimo ko ibibazo byose Kamala yabajijwe na Cooper, byose byari byerekeranye n’ubuzima bw’igihugu, uyu munyapoliti we agira ngo ni ukumwibasira mu buryo bwihariye.

Nyuma y’aho ikiganiro Hariss yagiranaga na Cooper kirangiye, Kamala yabwiye abo bari kumwe ati “Uyu mu… wa nyina ntabwo amfata nka Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Amerika.”

Abo mu ishyaka ry’aba-Démocrates bari biteze ko ko Biden ari we uzaba umukandida wabo ubahagararira mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ariko ubwo yitwaraga nabi muri iki kiganiro mpaka, yasimbujwe Kamala nawe waje gutsindwa amatora na Donald Trump, kuri ubu uyoboye Leta Zunze ubmwe za Amerika muri manda ye ya kabiri ari na yo ya nyuma kuko itegeko nshinga rya amerika, rigena ko umukuru w’igihugu atagomba kurenza manda ebyiri.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kaminuza ya Harvard yirukanye abanyeshuri bose babanyamahanga burundu
Next Article Miss Uwase Raissa Vanessa yasezewe n’inshuti ze mu birori bya Bridal Shower mbere yo kurushinga na Ngenzi Dylan
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Rugaretse hagati y’umuraperi Kanye West n’indwara zo mu mutwe arwaye
May 24, 2025
Abantu 18 nibo bakomerekeye mu gitero cyagabwe n’umugore w’imyaka 39 ukomoka mu Budage
May 24, 2025
Jose Chameleone uri mu Rwanda yashimye Perezida Kagame
May 24, 2025
Abasirikare 525 ba Mozambique basoje imyitozo y’amezi atandatu bahawe n’ingabo z’u Rwanda
May 24, 2025
Ikipe ya Napoli yegukanye igikombe ihanganye na Inter Milan yarushaga inota 1
May 24, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Huye: Umuturage yishe mugenzi we amuziza inzoga y’amafaranga 300 Frw

Mazimpaka François w’imyaka 42, wari umucuruzi w’inzoga, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gukubita inyundo mu mutwe umuturanyi we wari…

1 Min Read
AMAKURU

Musanze: Urupfu rw’umusore wasanzwe mu isantere yapfuye rwateje urujijo mu baturage

Urupfu rwa Iradukunda Patience w’imyaka 27 wo mu Karere ka Musanze, rwateje urujijo nyuma y’uko umubyeyi we yamuherukaga mu ijoro…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Abadiporomate b’uburayi basabye murumuna wa Museveni gukorera ikintu gikomeye Muhoozi wababujije amahwemo

Ba Ambasaderi b’ibihugu byo mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) muri Uganda basabye murumuna wa Perezida Yoweri Museveni, Gen (Rtd)…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAUTUNTU N' UTUNDI

Umubyeyi yabyaye abana batandatu icyarimwe bitangaza benshi

Umugore w’imyaka 32 wo mu mudugudu wa Nyamufumura, mu karere ka Sheema, yabyaye abana batandatu icyarimwe, ibintu byatangaje benshi ariko…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?