igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Menya Ibihugu bya Afrika bicumbikiye abakekwaho Gukora Jenoside mu 1994 benshi bakihishahisha
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Menya Ibihugu bya Afrika bicumbikiye abakekwaho Gukora Jenoside mu 1994 benshi bakihishahisha
AMAKURUUTUNTU N' UTUNDI

Menya Ibihugu bya Afrika bicumbikiye abakekwaho Gukora Jenoside mu 1994 benshi bakihishahisha

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 11, 2025 3:34 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Imyaka 31 irashize Jenoside yakorewe abatutsi ibaye, bamwe mu bayikoze bahungiye mu bihugu by’amahanga gusa Leta y’u Rwanda ibashyiriraho impapuro zo kubata muri yombi ngo baburanishwe. Ibi ni byo bihugu bitanu bya Africa bicumbikiye abakekwaho gukora Jenoside benshi nk’uko byagarutsweho n’abasenateri mu 2024.

Ku mwanya wa 1 hari igihugu DRC kuva aho ingabo zari iza RPA INKOTANYI zihagaritse Jenoside abari mu mugambi wo gukora Jenoside bambutse bajya muri iki gihugu. Abadepite bavuga ko abagera ku 408 bakekwaho ibyaha bya Jenoside bari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ku mwanya wa 2 hari igihugu cya Uganda mu iki gihugu ho bikekwa ko hari abasaga 278.

Ku mwanya wa 3 hari igihugu cya Malawi bikekwa iki gihugu gicumbikiye abakekwaho gukora Jenoside mu 1994 bagera kuri 63

Ku mwanya wa 4 hari igihugu cya Tanzania aho bikekwa ko hari 52 bakekwaho gusiga bakoze Jenoside mu 1994.

Ku mwanya wa gatanu hari igihugu cya Congo Brazaville aho bikekwa ko iki gihugu gicumbikiye abakekwaho icyaha cya Jenoside 42.

Kuva mu 1994, Leta y’u Rwanda yohereje mu bihugu bitandukanye, dosiye 1 149 zo guta muri yombi abakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside bakihishahisha. Kuva icyo gihe kugeza mu 2024, 59 ni bo bamaze boherejwe mu Rwanda bavuye mu mahanga bahungiyemo boherezwa mu Rwanda.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Rutsiro: Abasore babiri bafunzwe bazira ubujura mu gihe mugenzi wabo ariguhigishwa uruhindu kubera gushaka gutema Gitifu
Next Article CIA yahishuye byinshi ku rupfu rwa Hitler Adolf rwari rwarabaye amayobera
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Ingabo z’u Rwanda zashyikirije abaturage b’i Macomia isoko rishya mu rwego rwo gufasha kuzahura ubukungu
June 1, 2025
Inzaghi ashobora kuva muri Inter nyuma yo gutsindwa na PSG
June 1, 2025
“Urushyi rwa Brigitte Macron si urwacu, kandi umugore iyo abikoze aba afite impamvu” Amagambo y’umuvugizi wa leta y’Uburusiya
June 1, 2025
PSG ikoze amateka kuri Allianz Arena itsinda Inter Milan ibitego 5-0, yegukana Champions League bwa mbere
May 31, 2025
Musanze: Inzoga y’inkorano yitwa Munanguzi ikomeje kubangamira abaturage
May 31, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Ingabo z’u Burundi zishiriye mu Mirwano Ikomeye ibereye Rugezi, muri Kivu y’Amajyepfo

Mu mirwano ikaze yabereye mu gace ka Rugezi kari muri secteur ya Lulenge, mu karere ka Fizi, muri Kivu y’Amajyepfo.…

4 Min Read
AMAKURU

Ubushinwa bwarahiriye kurwana na Amerika intambara y’ubucuruzi kugeza ku mwuka wa nyuma

Leta y’u Bushinwa yatangaje ko idateze gukuraho umusoro wa 34% yashyize ku bicuruzwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Icyiciro cya mbere cy’abazungu bivugwa ko bahohoterwa muri Afrika y’Epfo cyatwawe muri Amerika

Kuri uyu wa 11 Gicurasi 2025 ni bwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye gutwara icyiciro cya mbere cy’abazungu zivuga…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINO

Polisi yo mu Mujyi wa Liverpool yataye muri yombi umugabo washoye imodoka ye mu bafana ba Liverpool FC

Polisi yo mu Mujyi wa Liverpool yataye muri yombi umugabo washoye imodoka ye mu bafana ba Liverpool FC bari barimo…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?