igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Michelle Obama yagize icyo avuga kuri gatanya iri gututumba hagati ye na Barack Obama
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Michelle Obama yagize icyo avuga kuri gatanya iri gututumba hagati ye na Barack Obama
AMAKURUMU MAHANGA

Michelle Obama yagize icyo avuga kuri gatanya iri gututumba hagati ye na Barack Obama

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 13, 2025 10:35 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Michelle Obama yanyomoje amakuru yavugaga ko ari mu nzira za gatanya hagati ye n’umugabo we Barack Obama wahoze ayobora leta zunze umumwe z’Amerika

Mu minsi yashize nibwo mu binyamakuru bitandukanye byo ku isi yose hakwirakwiye amakuru ko uwahoze ari perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerka Barack Hussain Obama ashobora kuba atameranye neza n’umugore we Michelle Obama bafitanye abana batatu, ahanini izi nkuru zavugaga ko uyu mugore atabanye neza n’umugabo we biturutse ku mukinnyikazi wa firime witwa Jennifer Aniston uyu wanaje kuvuga ko ubundi Barack ari inshuti ye nta kidasanzwe kiri hagati y’aba bombi.

Ubwo uyu mugore yari mu kiganiro kiri mubigezweho hariya muri Amerika cyitwa Work in Progress gikorwa n’umukinnyi wa filime Sophia Bush, maze akaza kubazwa kubijyanye n’umubano n’umugabo we uko waba wifashe yavuze ko yagiye abona kenshi abavugaga ko atabanye neza n’umugabo we gusa akirinda kujyira icyo abivugaho kuko ntakuri kubirimo.

Michelle kandi yakomoje kubyerekeye n’umwanya umuryango mugari uha umugore aho yatanze urugero ko we mu guhe cyose agize icyo akora abantu aho kubona ko ariwe ubwe babona ko ari umugabo we wamufatiye umwanzuro anagaragaza ko ari ibintu bitagakwiye guhabwa umwanya

Si ubwa mbere ibyerekeye ku bana nabi hagati y’uyu muryango bivugwa gusa bikarangira batangaje ko bameranye neza, gusa uyu mwaka byarasakujwe cyane ahanini bitijwe umurindi no kuba mu muhango w’irahira rya Donald wabaye 20 mutarama uyu mugore ataragaragaye ari kumwe na Obama ibintu akenshi bidakunze kubaho.

Jennifer Aniston wavuzweho kuba inshoreke ya Barack Obama

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Inyeshyamba za M23 na Wazalendo bari kurwanira ku kibuga cy’indege cya Kavumu
Next Article Inyeshyamba za M23 zikubise ahababaza Wazalendo zicamo abarenga 300, imirambo yuzuye Kavumu
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Abanyarwanda babiri bamaze gusoza mu ishuri rya gisirikare mu gihugu cy’Ubwongereza

Abanyarwanda babiri, aribo Officer Cadet Mugisha Blaine na Yuhi Cesar bamaze gusoza amasomo ya gisirikare mu Ishuri rikuru rya Gisirikare…

2 Min Read
AMAKURU

Muri ikigihe Kiriziya Gaturika mu Rwanda na DRC bagiye kurushaho gufatanya

U Rwanda na DRC bakomeje kurebana ay'ingwe mu gihe kiriziya zombi ziyemeje kurushaho kugirana ubufatanye hagati yazo Amakimbirane yakomeje gufata…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Inyeshyamba za M23 na Wazalendo bari kurwanira ku kibuga cy’indege cya Kavumu

Kuri ubu mu mijyi ya Kavumu, Katana na Lwiro yo mu karere ka Kabare mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, inyeshyamba…

1 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

El Clasico: Bisabye ko Real Madrid na FC Barcelona bakina igice cya 3, iminota 30 yongerwa ku mukino (Extra time)

Aya makipe yombi yahuriye ku mukino, bibaye ngombwa ko ashyirirwaho iminota 30 kugira ngo haboneke uwegukana igikombe cya Copa del…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?