igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Mike Waltz, yakuwe ku nshingano na Perezida Trump
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Mike Waltz, yakuwe ku nshingano na Perezida Trump
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Mike Waltz, yakuwe ku nshingano na Perezida Trump

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 2, 2025 9:37 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yakuye ku nshigano Mike Waltz wari umujyanama mu bya Gisirikare w’iki gihugu bikaba bivugwa ko ashobora koherezwa kuba ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Mu butumwa bwa Donald Trump yanyuje kuri X yashimiye uyu Mike Waltz ku muhate yagiraga mu kazi ndetse atangaza ko inshingano ze zibaye zihawe Marco Rubio Usanzwe ari umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America ndetse uyu Mike Waltz azakomeza kuba umudipolomate w’iki gihugu.

Gusa amakuru Dukesha BBC avuga ko mu byo uyu waltz yirukaniwe harimo no kuba yarakoraga amakosa akinjiza abanyamakuru ku rubuga igisirikare cya amerika kiganiriraho ibya gisirikale n’andi mabanga yabo.

Uyu mugabo abaye uwa mbere uturuka muri Leta ya Florida wirukannwe mu biro by’umukuru w’igihugu white house.

Andi makuru dukesha CBS news cyo muri iki gihugu avuga ko uyu Mike Waltz yaba yari yamaze kugirwa umunyamabanga wa Leta mu muryango w’ Abibumbye UN mbere y’uko n’iri tangazo rishyirwa hanze.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ubuyobozi bwa Perezida wa Amerika Donald Trump burashaka kohereza abimukira mu Rwanda
Next Article Umuturage arasaba Kiliziya miliyoni 500Frw ku butaka bwe kugirango bagure ahabera isengesho Kwa YEZU Nyirimpuhwe
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025
Burundi: Imirambo y’abagabo bambaye impuzankano z’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasanzwe mu mugezi wa Rusizi
May 18, 2025
Muhanga: Umusore wimyaka 19 birakekwa ko yiyahuye nyuma yo gusangwa mu kiziriko
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Umugabo ukunda bikabije abashinzwe kuzimya inkongi z’umuriro yitwikiye inzu ku bushake kugira ngo abone abazimya umuriro

Mu Bwongereza, umugabo ukunda bikabije abashinzwe kuzimya inkongi z’umuriro, yahanishijwe n’urukiko gufungwa imyaka ibiri, nyuma y’uko we yiyemereye ko yitwikiye…

4 Min Read
Ibyo wamenya ku ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi
AMAKURUPOLITIKE

Menya byinshi byihariye ku Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi (Marine)

Ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi, ni rimwe mu ya Polisi y’u Rwanda, benshi babona iyo ryiyambajwe igihe habaye impanuka…

15 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Israel yahitanye abanyepalistine 15 barimo n’umukozi wa UN

Abakozi bakoraga mu bikorwa by’ubutabazi muri Gaza 15 barimo umwe wari umukozi w’umuryango wabibumbye bashyinguwe mu mva rusange mu majyepfo…

1 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

Icyorezo cya Ebola cyarangiye burundu muri Uganda

Uganda yatangaje ko icyorezo cya Ebola cyarangiye, nyuma yo gukora igenzura ry’iminsi 40.Minisiteri y’Ubuzima, ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X,…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?