igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Mu Misiri havumbuwe imva zimaze imyaka isaga 3000
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Mu Misiri havumbuwe imva zimaze imyaka isaga 3000
AMAKURUUTUNTU N' UTUNDI

Mu Misiri havumbuwe imva zimaze imyaka isaga 3000

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 28, 2025 4:30 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Minisiteri y’Ubukerarugendo mu Misiri yatangaje ko abahanga mu bisigaratongo bavumbuye imva z’abantu batatu zo mu bihe by’ubwami hagati y’imyaka ya 1539 na 1077 mbere y’ivuka rya Yezu.

Izo mva zabonywe mu gace ka Dra’Abu El Naga i Luxor ho mu majyepfo ya Misiri. Ni agace kakundaga gushyingurwamo abantu bakomeye ariko batari ab’ibwami.

Izo mva zatahuwe n’Abanyamisiri nk’uko Minisitiri w’Ubukerarugendo, Sherif Fathy, yabitangaje akagaragaza ko ari intambwe ikomeye mu bijyanye n’amasomo y’ibisigaratongo mu Misiri.

Amagambo yasanzwe yanditswe kuri izo mva yafashije kumenya imirimo n’amazina y’abashyinguwemo.

Yavuze ko imirimo ikurikiyeho ari iyo gusukura izindi nyandiko zasanzwe muri izo mva kugira ngo hamenywe amakuru menshi ku buzima bwo mu myaka 3000 ishize.

Imva imwe ni iy’umwe mu bantu babayeho ku ngoma ya 19 na 20, mu gihe izindi zari iz’abantu babayeho ku ngoma ya 18 muri 30 zayoboye Misiri mu bihe by’ubwami.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kabila yagiranye ikiganiro n’inyeshyamba za M23
Next Article Uwari Umuyobozi wa Hamas Mohammed Sinouar yishwe na Israel
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Sheebah Karungi yateguje igitaramo muri Kampala Serana Hotel
June 1, 2025
Ibisambo bya Gicumbi akabo kashobotse
June 1, 2025
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yishyuye miliyoni 360$ ngo yisubize uburenganzira ku ndirimbo ze
June 1, 2025
Mu Mujyi wa Kigali, urubyiruko 13.666 ruhabwa amasomo y’ubumenyingiro mu mashuri 76
June 1, 2025
Kenya: Raila Odinga yavuze ko imbabazi Ruto yasabye zigomba kujyana n’indishyi
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Perezida wa Amerika Donald Trump na Volodymyr Zelensky wa Ukraine bagiranye ibiganiro bise iby’amateka

Perezida wa Amerika Donald Trump na Volodymyr Zelensky wa Ukraine baherukaga gushwanira muri White House bagiraniye ibiganiro i Vatican mbere…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Impamvu yatumye ingabo za Uganda zigera muri Congo zikakiranwa ibyishimo byinshi

Ku cyumweru, tariki ya 30 Werurwe, abaturage bo mu mujyi wa Bule, umurwa mukuru w’akarere ka Bahema Badjere mu Ntara…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rwishimiye kuba umufatanyabikobwa wa Kazakhstan

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rwishimiye kuba umufatanyabikorwa n’inshuti ya Kazakhstan nk’igihugu cyateye intambwe…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

U Burusiya bwagabye ibitero bya drones zirenga 250 muri Kyiv

Ingabo za Ukraine zirwanira mu Kirere zatangaje ko u Burusiya bwagabye ibitero bya drones 250 n’ibisasu bya misile birenga 14…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?