igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Myanmar: Batangiye icyumweru k’icyunamo nyuma y’uko umutingito uhitanye imbaga
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Myanmar: Batangiye icyumweru k’icyunamo nyuma y’uko umutingito uhitanye imbaga
AMAKURUMU MAHANGA

Myanmar: Batangiye icyumweru k’icyunamo nyuma y’uko umutingito uhitanye imbaga

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 1, 2025 7:18 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
Inzu zahirimiye abantu ubwo umutingito wabaga
SHARE

Nyuma yo kwibasirwa n’umutingito guhera ku wa gatanu icyumweru gishize muri Myanmar na Thailand, Kuri uyu wa Kabiri muri Myanmar hatangiye icyumweru cy’icyunamo ndetse n’ibendera ry’igihugu rirurutswa rigezwa muri kimwe cya kabiri mu rwego rwo kunamira abasaga 2 700 bamaze guhitanwa n’uyu mutingito.

Ni ummutingito wari ku kigero cya 7.7 mu bipimo by’abahanga mu gupima imitingito bizwi nka Magnitude ukaba uri kwibasira icyi gihugu hamwe na Thailand kuri uwo wa Gatanu w’icyumweru gishize nibwo wangije byinshi usiga unakomerekeje abarenga 3 000.

Uyu munsi kandi hanafashwe umunota wo guceceka no gusengera ababuriye ubuzima muri iri sanganya.
Muri Thailand bivugwa ko abarenga 70 bazwi bakiri mu matongo yo mu murwa mukuru Bangkok, ndtse ubu harabarurwa 21 bitabye Imana

Kuba abaguye muri ayo matongo baboneka bagihumeka birasa n’ibitagishoboka, kuko uhereye ku wa Gatanu umutingito waba kugeza ubu ntibaraboneka.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Uko gahunda yo kwibuka ku nshuro 31 jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 izaba iteye|MINEMA
Next Article MINUBUMWE yatangaje gahunda yo kwibuka jenoside mu 1994 ku nshuro ya 31
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Ikibazo cya Rayon minisiteri igiye kugihagurukira
May 18, 2025
Perezida w’Afurika y’Epfo agiye kuganira na Trump wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika
May 18, 2025
FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe

Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 rwemeje ko…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Yanze miliyoni 5 z’amadorari bamuhaga ngo arase Prezida Ibrahim Traoré

Ni umwe mu basirikare bashinzwe kurinda Pereizida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, wiyemereye ko yahawe miliyoni 5$ na bimwe mu…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ni iki kizava mu biganiro bya M23 na Leta ya Congo bizabera i Doha?

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na M23 biteganyijwe ko bazahurira mu biganiro ku wa 09 Mata 2025 i…

1 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Yolande Makolo yanyomoje ibirego bya RDC ku Rwanda, ashinja icyo gihugu gukorana n’imitwe yitwaje intwaro

Leta y’u Rwanda yanenze bikomeye ibirego bishinjwa ingabo zayo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho Congo ivuga ko…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?