igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ni iki kizava mu biganiro bya M23 na Leta ya Congo bizabera i Doha?
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ni iki kizava mu biganiro bya M23 na Leta ya Congo bizabera i Doha?
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ni iki kizava mu biganiro bya M23 na Leta ya Congo bizabera i Doha?

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: April 2, 2025 9:56 am
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na M23 biteganyijwe ko bazahurira mu biganiro ku wa 09 Mata 2025 i Doha muri Qatar. Ibi bizaba ari ubwa mbere impande zombi zihuye kuva mu Ugushyingo 2021, igihe imirwano yuburaga.

Aya makuru yemejwe n’impande zombi, ariko ibizaganirwaho byemejwe ko bitazashyirwa ahagaragara. Ibiganiro bikurikiye inama yabereye i Doha ku wa 18 Werurwe ihuje Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa RDC.

Intambara hagati ya M23 n’ingabo za Congo yongeye kubura nyuma y’uko Kinshasa yanze kubahiriza amasezerano yari yaragiranye n’uwo mutwe. Iyi mirwano yatumye ibihumbi by’abaturage bava mu byabo ndetse yongera umwuka mubi hagati ya RDC n’u Rwanda, rushinjwa gufasha M23, ibyo rwakomeje guhakana.

Kuba leta ya Congo yemeye kuganira na M23 ni intambwe nziza, kuko yari yaratangaje ko itazigera ijya mu biganiro n’uwo mutwe w’iterabwoba. Abantu benshi biteze ibizava muri ibi biganiro.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Huye: Imibiri 258 imaze kuboneka mu masambu banyirayo bakekwaho ku bica
Next Article RDC: Kisangani abaturage basabwe kudatinya M23 kuko nta mbaraga ifite
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umusaza yishwe anogowemo amaso hakekwa umugore we n’umuhungu we
May 19, 2025
Uganda: Polisi yafunze Umukecuru ukekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwuzukuru we w’imyaka 6
May 19, 2025
Putin yagaragaje ikifuzo k’igihugu cye mu biganiro by’amahoro
May 19, 2025
Joe Biden yasanzwemo indwara ikomeye ishobora no kumuhitana
May 18, 2025
Human Resources Manager in Shagasha Tea Company | Deadline 25-05-2025
May 18, 2025

You Might Also Like

IMYIDAGADUROMU MAHANGA

HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe

HoodyBaby, yatawe muri yombi na Polisi yo mu Bwongereza aho ari gushinjwa icyaha cyo gukomeretsa bikabije nyuma ya Chris Brown…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Vital Kamerhe yashyikirije Perezida Museveni ubutumwa bwihariye bwa Tshisekedi

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe, aherutse mu ruzinduko rw’akazi i Kampala rwasize ahuye…

2 Min Read
AMAKURU

Ihuriro rya AFC/M23 ryasabye ingabo za SADC kuva mu mujyi wa Goma vuba na bwangu

Ihuriro rya AFC/M23 ryashinje ingabo za SADC kugira uruhare mu gitero giherutse kubagabwaho mu mujyi wa Goma, babasaba guhita basohoka…

1 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Twitege iki ku mukino wa ½  cya UEFA Champions League?

Kuri uyu wa kabiri taliki 29 Mata 2025, ku isaha ya Saa 21:00 Kuri Sitade ya Emirates mu mujyi wa…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?