igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: “Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > “Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto
AMAKURUMU MAHANGA

“Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: April 5, 2025 2:51 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Perezida wa Kenya William Ruto yavuze ko yiteguye guhangana mu matora ateganijwe kuba mu mwaka wa 2027, kandi yizeye ko azayatsinda gusa agaragaza ko naramuka anayatsinzwe azajya mu mwuga w’ubuhinzi n’ubworozi.

Aya magambo William Ruto yayatangaje kuri uyu wa Gatanu ubwo yari mu Karere ka Nyeri mu gace ka Othaya, Perezida Ruto yabwiye abaturage ba Nyeri ko yiteguye kuva mu butegetsi igihe cyose baba babona ko atabagejeje kubyo yabasezeranije muri iyi manda ye ya mbere.

Perezida kandi yasabye abamunenga kumuha umwanya akabanza kurangirza ibyo yasezeranyije abaturage ba Kenya, mbere y’uko igihe cy’amatora ateganyijwe mu mwaka wa 2027 kigera, bakongera ku mutora cyangwa se bagahitamo undi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article ”Alain Muku ni umubyeyi kuri njye” amagambo ya Gisupusupu
Next Article Urutonde rw’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi, Amerika itarimo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelone kugeza mu 2027 nyuma yo gutwara ibikombe bitatu
May 22, 2025
Minisitiri w’Ubutabera wa RDC yafatiwe icyemezo gikomeye nyuma yo gukekwaho kunyereza umutungo
May 22, 2025
Polisi yafashe ibiro 500 by’ifumbire mvaruganda yari ijyanywe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
May 22, 2025
Kaminuza y’Abaporotesitanti mu Rwanda yashyize ku isoko ry’umurimo abasaga 500 barangije amasomo y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza
May 22, 2025
Umusirikare w’u Rwanda, Sous-Lieutenant Janet Uwamahoro yabaye indashyikirwa mu ishuri rya gisirikare muri Amerika
May 22, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Ntazinda Erasme wari meya wa Nyanza urukiko rwategetse ko afungurwa, umugore we yabigizemo uruhare

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Ntazinda Erasme wahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza, wari ukurikiranweho icyaha cy’ubushoreke no guta…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida Kagame yakiriye Amb Valentine Rugwabiza baganira ku mutekano mu karere

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Intumwa Yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni muri Repubulika ya Centrafrique akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bwa…

2 Min Read
AMAKURU

Rutsiro: Abantu 14 bakomerekeye mu mpanuka ya Coaster 2 zagonganye

Imodoka ya sosiyete ya Kivu Belt na Virunga Express zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zagonganiye mu Karere ka Rutsiro,…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Mali: Bahagaritse ibikorwa byose by’imitwe ya politike

Mu gihugu cya mali ibikorwa by’imitwe ya politike byahagaritswe, bigararira bamwe nko gukomeza gucecekesha abo muri iki gihugu bakomeje kugaragaza…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?