igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Papa wa Yesu yavuze ko kuva muri 87 atari yikoza amazi ntarimwe ku mubiri we
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Papa wa Yesu yavuze ko kuva muri 87 atari yikoza amazi ntarimwe ku mubiri we
AMAKURUUTUNTU N' UTUNDI

Papa wa Yesu yavuze ko kuva muri 87 atari yikoza amazi ntarimwe ku mubiri we

Faxxy Editor ✨
Last updated: May 26, 2025 10:14 am
Faxxy Editor ✨
Share
SHARE

Umugabo witwa Alferd Ndeta, ariko uvuga ko ari Imana yagatu, yahishuye ko kuva ubwo yumvaga ijwi ry’umwuka wera rimubwira kuva mu mujyi wa Nairobi akajya mu cyaro cyaho avuka mu 1987, kuva icyo gihe ntabwo arikoza amazi ku mubiri kandi ngo ntanubwo ajya yituma.

Mu kiganiro uyu uvuga ko ari Imana ya gatatu muri bwa bumana butatu bibiriya ivuga,  yavuze ko ariwe se  wa Yesu, bityo ko ari Imana yagatu.

Mu kiganiro yahaye kimwe mu kinyamakuru gikorera muri Kenya, uyu Alfred wiyita ko ari Imana yagatatu yavuze ko muri 87 aribwo yumvise ijwi ry’umwuka wera ubwo yari asinziriye  maze iryo jwi rimusaba kuva mu Mujyi wa Nairobi agasubira mu cyaro cyaho avuka mu gace kitwa Luambi.

Uyu Alferd yatangaje ko akora ibitangaza byinshi nk’Imana harimo kwirukana amadayimoni n’imyuka mibi ku bantu batuye muri ako gace., ndetse n’abaturage bakaba bashimangira ko asanzwe akora ibitangaza agakiza abarwayi bityo ko ari Imana. 

Mubindi yavuze ko  mu bubasha afite nk’Imana yagatatu nuko kuva muri 87 atari yikoza amazi kumubiri ngo aroga cyangwa se ngo  ajye mu bwiherero kwituma nkabandi bantu.

Muri icyo kiganiro Alferd yavuze ko ahantu atuye hitwa Mu ijuru., atari ku isi

Iyo nzuye yita mu Ijuru  igabanyije mo ibice bitatu.

Igice cyambere yakise intebe y’Ubwami, icyakabiri akita, Umwuka wera naho icyagatatu gihora cyaka umuriro akita Gihonomu.

Uyu se wa Yesu, ntabwo yigeze ashaka umugore kubera ko yanganga kuvanga ubyubwami bw’Imama n’ibyisi.

Uwo mugabo wambaye ingofero arikumwe n’umunyamakuru niwe uvuga ko ari se wa Yesu

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
ByFaxxy Editor ✨
Follow:
 
Previous Article Inyeshyamba za AFC/M23 ziri gutabariza Abanyamulenge
Next Article Abanyamakuru ba B&B Kigali FM bahawe ibihembo, abenshi baranzwe n’amarira (Amafoto)
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuhanzi Sarkodie yashimiye Akon byimazeyo
June 1, 2025
Sheebah Karungi yateguje igitaramo muri Kampala Serana Hotel
June 1, 2025
Ibisambo bya Gicumbi akabo kashobotse
June 1, 2025
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yishyuye miliyoni 360$ ngo yisubize uburenganzira ku ndirimbo ze
June 1, 2025
Mu Mujyi wa Kigali, urubyiruko 13.666 ruhabwa amasomo y’ubumenyingiro mu mashuri 76
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Sudan kubera ikoreshwa ry’intwaro kirimbuzi mu ntambara barwana na RSF

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Sudan birimo guhagarika kohereza ibicuruzwa, inkunga n’inguzanyo, nyuma y’uko icyo gihugu cyashinjwe kwica…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Abagabo bane bafashwe bagiye kugurisha intozi mu buryo butemewe

Abagabo bane barimo Ababiligi babiri, Umunya-Vietnam umwe n’Umunya-Kenya, bemeye icyaha cyo kugerageza kugurisha mu buryo butemewe n’amategeko amagana y’intozi z’agaciro…

3 Min Read
AMAKURU

Perezida wa Ghana John Dramani Mahama yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Gertrude Torkornoo

Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Gertrude Torkornoo, ku mwanya w’ubuyobozi ku mpamvu zitaramenyekana. BBC yanditse…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

M23 yakoze amateka ifata uduce turindwi icyarimwe idahanganye

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wakoze amateka adasanzwe, ufata uduce…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?