igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yakubiswe urushyi n’umugore we bavuga ko bikiniraga
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yakubiswe urushyi n’umugore we bavuga ko bikiniraga
AMAKURUMU MAHANGA

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yakubiswe urushyi n’umugore we bavuga ko bikiniraga

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 27, 2025 7:45 am
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Nyuma y’uko Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, akubiswe urushyi ku itama n’umugore we, Brigitte Macron, Ibiro bye byavuze byavuze ko bari barimo gukina.

Brigitte yamukubise urushyi ubwo bari bamaze kururuka indege bageze i Hanoi muri Vietnam ku mugoroba w’ejo ku wa 25 Gucurasi, mu ruzinduko rw’akazi barimo mu bihugu bya Aziya.

Brigitte usanzwe arusha umugabo we imyaka irenga 20, intoki ze zagaragaye asunika amatama  ya Macron bigaragara ko akoresheje imbaraga nyinshi bituma undi asa nk’utunguwe ariko ahita yiyumanganya  nk’aho ntacyabaye asuhuza abanyamakuru n’abandi   bari imbere ye.

BBC yatangaje ko mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo Perezida Macron yabazwaga uko byagenze ngo akubitwe, yemeje ko byari urwenya hagati yabo, bikinira nk’uko basanzwe babikora.

Urugendo rwa Perezida Macron muri Vietnam rukaba rwari rugamije gukomeza umubano wihariye hagati y’ibihugu byombi hashingiwe ku masezerano y’ubufatanye mu ngeri zitandukanye.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Dore urugendo rw’ikipe ya APR FC muri Shampiona kugeza itwaye igikombe
Next Article Marina yasubije Khalifan mubwishongozi bwakaminura muhini
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Israel yashimye umubano wihariye ifitanye n’u Rwanda, ishimangira ubushake bwo gukomeza gufatanya mu nzego z’iterambere
May 29, 2025
Perezida Kagame na Alain Berset baganiriye ku bufatanye bushya hagati y’u Rwanda n’u Burayi
May 29, 2025
U Rwanda rwongeye gutanga inkunga yo gufasha abari mu kaga muri Gaza
May 29, 2025
Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania mu nama igamije gushimangira umutekano ku mipaka ihuriweho
May 29, 2025
Rurageretse hagati y’Umunyamakuru na Ambasaderi wa Israel
May 29, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIKORANABUHANGA

Uruganda rwa Apple rugiye gucibwa akayabo ruzira kwamamaza ubutinganyi

Urukiko rwa Moscow rwakiriye ikirego kirega Apple kwamamaza ibyerekeye umuryango w’abaryamana bahuje ibitsina ibishobora gutuma rucibwa akayabo Urukiko rwa Tagansky…

2 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Perezida Kagame agiye kugirira uruzinduko muri Kazakhstan

Perezida Paul Kagame ateganya kugirira uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Kazakhstan guhera ku wa 28 Gicurasi 2025, ruzafungurirwamo ipaji nshya…

2 Min Read
AMAKURU

Muhanga: Moto 6 nizo zagarujwe mu zari zibwe n’abajura

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga yafashe moto esheshatu zari zaribwe, zimwe muri Kigali izindi mu Karere ka…

2 Min Read
AMAKURU

Minisitiri w’Intebere w’u Bwongereza, Keir Starmer ashobora kohereza abimukira muri Kosovo

Guverinoma y’u Bwongereza iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Keir Starmer, ishobora kwinjira mu biganiro na Kosovo, bigamije kwakira abimukira binjira muri…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?