igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Putin yanze kwitabira ibiganiro Zelensky nawe arigendera
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Putin yanze kwitabira ibiganiro Zelensky nawe arigendera
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Putin yanze kwitabira ibiganiro Zelensky nawe arigendera

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 16, 2025 12:04 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, yari yageze muri Turikiya, gusa aza kwisubirirayo ny’uma yo kumenya ko Vladimir Putin w’u Burusiya, bari kuhahurira yanze kuza.

Bari bemeranyije ko bagirana ibiganiro byagombaga guhuriza abo bakuru b’ibihugu bombi i Istanbul muri Turikiya kugira ngo barebere hamwe uko intambara imaze imyaka itatu ishyamiranyije u Burusiya na Ukraine yashyirwaho iherezo.

Ni ibiganiro byagombaga gusiga hashyizweho iminsi 30 y’agahenge abo mu Burengerazuba bw’Isi bari barasabye mbere, ariko Putin akavuga ko bagomba kubanza guhurira muri Istanbul.

Ukutaza kwa Prezida Putin kwamenyekanye mu masaha y’igitondo ahubwo ko ari buhagararirwe n’umufasha mu mirimo witwa Vladimir Medinsky, maze bibabaza Zelensky cyane ndetse avuga ko byerekana uburyo Putin atari umuntu utubahiriza ibyo yemera muri uku gushaka kugarura amahoro hagati y’ibihugu byombi, ndetse aka ari agasuzuguro gakomeye.

Yagize ati “ Ntabwo twahora duhonda ibirenge ngo turi gushaka Putin. Ndumva nsuzuguwe n’u Burusiya, nta gihe cyo guhura, nta ngengabihe, nta tsinda ry’abayozi bakuru, uku ni kunsuzugura cyane.”

Mu gusa nk’uwivumbura Zelensky yatangaje ko nawe atazitabira ibyo biganiro kuko na we azohereza itsinda riyobowe na Minisitiri w’Ingabo wa Ukraine.

Ibi biganiro byapfubye byari kuba ibya mbere bibaye hagati y’aba ba Perezida bombi kuva intambara yatangira. Akimenya ko Putin yanze kuza, Perezida wa Leta z’unze ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko na we yasubitse urugendo rwe ruza Istanbul ndetse ahamya ko mu gihe atarihurira na Putin ntakindi gikorwa kizongera kuba.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umwanya w’ubucungamari mu kigo cya Rwanda transport development agency (RTDA) | Deadline: May 22, 2025
Next Article Umusore w’i Rutsiro ukekwaho kwica se yafatiwe Nyabugogo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

POLITIKE

Sena y’u Rwanda yasabye abafata u Rwanda nk’uburusiya ko ataribyo

Sena y' U Rwanda yabeshyuje amahanga akomeje gufata u Rwanda nk'uburusiya barushinja kugira uruhare muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo.…

2 Min Read
Job of Accountant at RTB
AKAZIAMAKURU

Job of Accountant at Rwanda Tvet Board (RTB)

Exams to be conducted 1: Written2: Oral Reports To Director of Administration and Finance Unit Job responsibilities Prepare, examine and…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Nigeria: Umutwe w’iterabwoba wa ISWAP wigambye kugaba igitero ku kigo cya gisirikare

Umutwe wa Kisilamu wa Islamic State West Africa Province (ISWAP) wigambye igitero gikomeye uherutse kugaba ku kigo cya gisirikare cya…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAUBUKUNGU

JAGUAR LAND ROVER Yahagaritse kohereza ibicuruzwa muri America USA

Uruganda rukora imodoka mu bwongereza Jaguar Land Rover rwatangaje ko rugiye guhagarika kohereza imodoka muri Leta z’unze ubumwe za America…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?