igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: ”Rayon sport ishobora gutera mpaga Mukura” icyo amategeko abivugaho
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMIKINO > ”Rayon sport ishobora gutera mpaga Mukura” icyo amategeko abivugaho
IMIKINO

”Rayon sport ishobora gutera mpaga Mukura” icyo amategeko abivugaho

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 16, 2025 9:15 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Nyuma y’uko umukino uhagaritswe biturutse ku kuba amatara yazimye ni iki amategeko avuga kuri iki kibazo

Umukino wa kimwe cya kabiri cy’igikombe cy’amahoro wari buhuze ikipe ya Rayon Sport na Mukura Victory Sport wasubitswe ahanini bitewe n’amatara atigeze yaka, uyu mukino byari biteganyijwe ko utangira saa kumi n’ebyiri gusa ubwo watangiraga uyu mukino wamaze iminota 28 y’igice cya mbere gusa uza guhita uhagarukwa bitewe n’uko ubwo amatara ya stade ya Huye yazimaga.

Ni iki amategeko avuga kuri iki kibazo?

Ingingo ya 38.3 mu mategeko agenga amarushanwa ya FERWAFA, ivuga ko iyo umukino uhagaze kubera umwijima uturutse ku kibazo cy’ibura ry’amashanyarazi, umusifuzi ategereza iminota 45.

Iyo icyo kibazo gikomeje, ikipe iterwa mpaga y’ibitego 3-0 cyangwa bikaba byarenga mu gihe ikipe yari yasuye yari yatsinze ibitego birenze 3-0.

Mu ngingo ya 38.4 havuga ko iyo ibyo bibaye, amakipe yombi yahuriye ku kibuga adafiteho ububasha, bifatwa nk’impamvu zikomeye zishobora gusubika umukino.

Amwe mu makuru ava imbere muri iyi kipe avuga ko haba habayemo ubwumvikane bakazimya amatara ku bushake, Abafana ba Mukura benshi bari bahigiye gutsinda iyi kipe bagategereza umukino wo kwishyura ibyari bubageze kumukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umugore uherutse guca agahigo ko kuba umugore wa mbere ufite umunwa munini ku isi akomeje gutangaza benshi
Next Article Minisitiri Nduhungirehe avuga ko guhura kwa Perezida Kagame na Tshisekedi ari intangiriro y’inzira y’amahoro
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umusifuzi Ngaboyisonga yashimiwe uko yayoboye umukino wahagaritswe hagati ya Bugesera FC na Rayon Sports
May 18, 2025
Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025

You Might Also Like

IMIKINOMU MAHANGA

Uwaguze Man United akomeje guhomba bikomeye

Umuherwe Sir Jim Ratcliffe kuva yagura ikipe ya Manchester United, amaze guhomba hafi ¼ cy’umutungo kuko umutungo we dore ko…

2 Min Read
IMIKINOMU MAHANGA

De Bruyne ntazakomezanya na Man City umwaka utaha

Umubirigi ukinira ikipe ya Manchester City yo mu Bwongereza Kevin De Bruyne yatangaje ko atazakomezanya n’iyi kipe uyu mwaka w’imikino…

2 Min Read
Sadate yahakanye inkuru y’incurano yavugaga ko agiye gukora ibyumvikana nk’ibidashoboka
AMAKURUIMIKINOIMYIDAGADURO

Umucyo ku nkuru z’ibihuha kuri Sadate Munyakazi zimushinja gukora ibidashoboka

Umunyemari Munyakazi Sadate wigeze kuyobora ikipe ya Rayon Sports, yahakanye inkuru yacuzwe n’umuntu utazwi, ivuga ko agiye kugura Sitade Amahoro,…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Dore uko amakipe azahura muri 1/2 cya UEFA Champions League

Irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w'Iburayi UEFA champions League 2024/2025 igeze muri kimwe cya kabiri k'irangiza aho…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?