igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ruhango: Batatu bafashwe bakekwaho kwica umurinzi w’umurima w’ibisheke
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ruhango: Batatu bafashwe bakekwaho kwica umurinzi w’umurima w’ibisheke
AMAKURU

Ruhango: Batatu bafashwe bakekwaho kwica umurinzi w’umurima w’ibisheke

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: April 10, 2025 10:48 am
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Ku wa 9 Mata 2025, Habinshuti Protogène w’imyaka 42, wakoraga akazi ko kurinda umurima w’ibisheke, yasanzwe yapfuye mu gishanga cya Bidogo, mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango.

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko hari abagabo batatu batawe muri yombi bakekwaho uruhare muri urwo rupfu, kandi ubu bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Kinazi.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, SP Emmanuel Habiyaremye, yavuze ko iperereza rikomeje, kandi ashimangira ko ubuzima bw’umuntu bugomba kubahwa, kandi uwabuvutsa undi azabibazwa n’amategeko.

Umurambo wa nyakwigendera wajyanywe ku Bitaro bya Kinazi ngo ukorerwe isuzuma.

Nibahamwa n’icyaha, aba bakekwa bashobora guhanishwa igifungo cya burundu nk’uko biteganywa n’ingingo ya 107 y’Itegeko rihana ibyaha mu Rwanda.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Amerika yasubukuye ubucukuzi bw’itini Walikale muri RDC
Next Article U Rwanda rwamurikiye umujyanama wa perezida Trump ikirombe cya mbere muri Africa yosegicukurwamo amabuye ya Wolfram
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

PSG ikoze amateka kuri Allianz Arena itsinda Inter Milan ibitego 5-0, yegukana Champions League bwa mbere
May 31, 2025
Musanze: Inzoga y’inkorano yitwa Munanguzi ikomeje kubangamira abaturage
May 31, 2025
Joseph Kabila yahuye n’ubuyobozi bwa AFC/M23, bemeranya gukorera hamwe mu rugendo rwo kugarura amahoro muri DRC
May 31, 2025
Kate Bashabe yihanangirije abamushinja gushyingiranwa n’imbwa ye
May 31, 2025
Umubyeyi wa Rihanna yapfuye
May 31, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Turahirwa Moses ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge yitabye Urukiko

Saa Kumi n’Ebyiri z’igitondo, Turahirwa Moses ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, nibwo yagejejwe ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro mu gihe…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Umwuka mubi hagati ya Gen. Muhoozi na Jenerali ba FARDC ukomeje kuba agatereranzamba

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen. Muhoozi Kainerugaba, ari mu makimbirane akomeye na bamwe mu bayobozi b’ingabo za Repubulika…

2 Min Read
AMAKURU

Intumwa ya Donald Trump yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 rwa Kigali

Massad Boulos uri mu ruzinduko mu Rwanda guhera ku wa Kabiri, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, aho…

1 Min Read
AMAKURU

Ikipe y’Arsenal FC yifatanyije n’u Rwanda Kwibuka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ikipe y'umupira w'amaguru Arsenal FC yifatanyije n’Abanyarwanda mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?