igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ubukungu bwa Ukraine bwahananutse bikomeye, amadeni yabaye menshi cyane
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ubukungu bwa Ukraine bwahananutse bikomeye, amadeni yabaye menshi cyane
AMAKURUMU MAHANGA

Ubukungu bwa Ukraine bwahananutse bikomeye, amadeni yabaye menshi cyane

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 31, 2025 5:04 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Ukraine ishobora kunanirwa kwishyura ideni rya miliyoni 665$ muri miliyari 2,6$ ifitiye ibigo mpuzamahanga, nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Imari.

Ideni rya Ukraine igomba kuryishyura bitarenze tariki ya 2 Kamena, gusa iki gihugu cyananiwe kumvikana n’ibigo mpuzamahanga byakigurije, kugira ngo byongere igihe cyari kuzishyurira ideni.

Aba bashoramari bari bifuje kwishyurwa miliyoni 400$ mu mafaranga afatika, andi miliyoni 200$ akishyurwa binyuze mu guhabwa impapuro mpeshamwenda, icyakora Ukraine yananiwe kubahiriza ubwo busabe.

Kunanirwa kwishyura ideni bivuze ko kubona irindi bizarushaho kugorana. Muri rusange, kugera muri Mata uyu mwaka, iki gihugu cyari gifite ibyago byo kunanirwa kwishyura ideni rya miliyari 3,2.

Intambara ikomeje kubera muri Ukraine yatumye ubukungu bw’iki gihugu bumanuka ku kigero cya 29,1% mu 2022, mu gihe ibiciro byazamutse ku kigero cya 26.6% muri uwo mwaka.

Ideni rya Ukraine muri rusange rimaze kugera kuri 107% by’umusaruro mbumbe w’icyo gihugu.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Intare yishe umukerarugendo ubwo yaragiye mu bwiherero
Next Article Uwabaye Minisitiri w’intebe wa RDC yaburiwe irengero
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Bashunga Abouba wahoze ari umunyezamu wa Rayon Sports aravugwaho kwiyitirira impunzi kugira ngo abone ubwenegihugu mu Budage
June 1, 2025
Palestina: Abantu 21 bapfiriye mu muvundo w’abashakaga inkunga muri Gaza, abandi 175 barakomereka bikabije
June 1, 2025
Gicumbi: “Ntituzongera kwitiranya abanyerondo n’abajura” Abaturage bashimira gahunda nshya y’umutekano
June 1, 2025
BNR yashyizeho amabwiriza mashya akumira ikoreshwa ry’amadevize imbere mu gihugu
June 1, 2025
Ikipe ya Pyramids FC yegukanye igikombe cya mbere cya CAF Champions League mu mateka
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Uganda: Polisi yafunze Umukecuru ukekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwuzukuru we w’imyaka 6

Polisi ya Uganda ikorera mu karere ka Mukono yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwako ubwicanyi ndengakamere bwakorewe umwana…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

U Bushinwa bwohereje abandi bantu batatu mu isanzure binyuze mu mushinga wa Shenzhou-20

Ku wa Kane, tariki ya 24 Mata 2025, Ikigo cy’Igihugu cy’u Bushinwa gishinzwe iby’isanzure (CNSA) cyohereje abandi bantu batatu mu…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ni iki kizava mu biganiro bya M23 na Leta ya Congo bizabera i Doha?

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na M23 biteganyijwe ko bazahurira mu biganiro ku wa 09 Mata 2025 i…

1 Min Read
AMAKURU

Minisitirii w’Intebe wa Suède yasabye EU gufatira ibihano Israel

Abayobozi batandukanye mu Isi batanze ubutumwa berekana ko batishimira ibitero Israel imaze iminsi igaba mu mujyi wa Gaza aho abarenga…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?