igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Uburwayi bwa Jose Chameleone bwatewe n’inzoga nyinshi
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Uburwayi bwa Jose Chameleone bwatewe n’inzoga nyinshi
AMAKURUIMYIDAGADUROMU MAHANGA

Uburwayi bwa Jose Chameleone bwatewe n’inzoga nyinshi

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 13, 2025 4:23 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Jose Chameleone, umuhanzi wo muri Uganda umaze iminsi mu bitaro muri Leta Zunze za Amerika, yemeje ko indwara yo kubyimba kw’inyama y’urwagashya amaze igihe ahiviriza yatewe n’inzoga nyinshi yanyweye.

Ubwo yagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru, yatangaje ko ubu arajwe ishinga no kugabanya inzoga anywa.

Yagitize ati: “Ndashima Imana yambaye hafi hamwe n’abantu bose bakomeje kunsengera, ubuyobozi bwamfashije kujya kwivuza, ubu ndimo kwivuza indwara yo kubyimba kw’inyama y’urwagashya iterwa ahanini n’inzoga nyinshi kandi ngomba kuzigabanya.”

Uyu muhanzi kandi yatangaje ko nubwo yagarutse muri Uganda, atarakira neza, kubera ko azasubira muri Amerika mu byumweru biri imbere kugira ngo akomeze kwitabwaho n’abaganga.

Iyi ndwara yo kubyimba kw’inyama y’urwagashya (Pancreatitis) yibasira icyo gice cy’umubiri (urwagashya) gifite akamaro mu gukora imisemburo yifashishwa mu igogora ry’ibiryo hamwe n’indi misemburo ifasha umubiri kuyungurura isukari.

Jose Chameleone amaze amezi atatu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yivuza kuko yagiyeyo tariki 23 Ukuboza 2024, agaruka muri Uganda tariki 12 Mata 2025 aho yafashwaga na Leta ya Uganda mu burwayi bwe.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kavumu: Ingabo za Leta ya Congo FARDC zagabye igitero simusiga kuri M23, hapfa abasirikare benshi
Next Article Leta ya Congo yatangaje ko M23 yishye abantu 52 mu bitero biherutse kugabwa i Goma
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Bobi Wine yatangaje ko naba ari muzima adafunzwe aziyamamariza kuyobora igihugu cya Uganda 2026

Umuhanzi akaba n’umunyepolitike Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni, avuga ko azatanga kandidatire…

1 Min Read
AMAKURUUBUKUNGU

Miliyari zisaga 7000 ni zo ziteganyijwe mu mbanzirizamushinga y’itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta ya 2025/2026

Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi, Yusuf Murangwa yatangarije Inteko Ishinga Amategeko Imitwe yombi imbanzirizamushinga y’itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta y’umwaka wa…

1 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Liverpool iragaritswe, ibi hari icyo byafasha Arsenal iyikurikiye ku rutonde?

Ikipe ya Liverpool iyoboye urutonde rwa Shampiona Y'abongereza (Premier League) Iteshejwe Amanota na Fulham ku kibuga cya Fulham  Craven Cottage…

1 Min Read
AMAKURU

U Burusiya bwasubije Ukraine imibiri y’abasirikare 909 baguye ku rugamba

Umudepite uri muri komite ishinzwe kugenzura ibikorwa bya gisirikare by’u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine yatangaje ko u Burusiya…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?