igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Uganda: Umugabo umaze kubyara abana 102, ubu yiyemeje kuboneza urubyaro
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Uganda: Umugabo umaze kubyara abana 102, ubu yiyemeje kuboneza urubyaro
AMAKURUMU MAHANGAUTUNTU N' UTUNDI

Uganda: Umugabo umaze kubyara abana 102, ubu yiyemeje kuboneza urubyaro

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 13, 2025 3:28 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ni uwitwa Musa Hasahya Kasera umugabo w’imyaka 69 wo mu gihugu cya Uganda nyuma yo kubyara abana 102, ku bagore 12 ndetse akaba afite abuzukuru 578, yafashe umwanzuro wo kuboneza urubyaro.

Kuri ubu ngo yafashe umwanzuro wo kuboneza urubyaro kuko gutunga abo bana bose bisigaye bimugora

Yagize ati ” Nkitangira kubyara abana benshi nabonaga ari ibisanzwe Ariko kuri ubu ntabwo meze neza ndetse ntanaho kuba hahagije mfite ku bana banjye, abagore babiri muri 12 narimfite barantaye kubera kunanirwa kubaha ibyibanze bari bacyeneye birimo : ibyo kurya, imyambaro ndetse no kwishyura amashuri ya bana babo, abandi bagore banjye batatu bigiriye gutura ahandi kuko I wanjye ni hato ntabwo twahakwirwa”.
Uyu mugabo utuye mu mudugudu wa Bugisa mu karere ka Butaleja mu burasirazuba bwa Uganda nta murimo agira umwinjiriza amafaranga.

Avuga ko ubu abagore be bose bakoresha uburyo bwo kuboneza urubyaro gusa we ntarabukoresha, ahamya ko atazongera kubyara kuko ngo byamuhaye isomo kuba yarabyaye abana atabasha kurera.

Umugore wa mbere wa Hasahya bashakanye mu mwaka w’i 1972, bombi icyo gihe bari bafite imyaka 17, nyuma y’umwaka umwe babyaye umwana wabo w’Imfura witwa Sandra Nabwire.

Akomeza avuga ko mu muryango w’i wabo bavuka ari abana babiri, we na mukuru we ngo ari nawe wamwoheje kubyara abana benshi kugirango azagure Umuryango wabo.
Avugako mu bihe bye byubusore bwe yahozea ari umucuruzi w’inka ndetse ndetse afite n’ibagiro, muri ibyo bihe abo bari baturanye ahitwa Bugisa bamwiheraa abakobwa babo ndetse bamwe muribo bari munsi y’imyaka 18.

Kugeza ubu avugako atagishobora kumenya amazina yose ya bana be n’abagore be bose. Umugore muto afite ubu afite imyaka 35. Umuhungu we Shaban Magino ubu afite imyaka 31 ya mavuko ni we wabashije kwiga amashuri menshi mu bana b’uyu mugabo, kuri ubu ni mwarimu ku ishuri riri hafi yaho Umuryango wa Se utuye.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryahagaritswe mu matora ateganyijwe uyu mwaka
Next Article Kavumu: Ingabo za Leta ya Congo FARDC zagabye igitero simusiga kuri M23, hapfa abasirikare benshi
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUPOLITIKE

U Rwanda na DRC basinye amasezerano y’amahoro muri USA

U Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano ategura amamsezerano y'amahoro aho bayasinyiye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ibiganiro ku ntwaro za kirimbuzi hagati ya Amerika na Iran birakomeje

Iran na Amerika bagiranye ibiganiro ku wa 19 Mata 2025 i Roma mu Butaliyani biyemeza gukomeza ibiganiro byerekeye ikorwa ry’intwaro…

1 Min Read
AMAKURU

Umunyarwanda uba mubwongereza yongeye gushinjwa ikindi cyaha gikomeye

Axel Rudakubana, Umunyarwanda w'umwongereza w’imyaka 18, ari gukurikiranwa n’inzego z’umutekano nyuma yo gukekwaho gutwika umucungagereza wa Gereza ya Belmarsh i…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

EAC: Bakoze urugendo rwo kwibuka i Arusha.

Kuri uyu wa mbere, taliki 7 Mata 2025, umunsi u Rwanda n'isi yose bibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?