igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umuturage wo mu Karere ka nyanza yabonye Grenade ayitiranya n’iteke
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umuturage wo mu Karere ka nyanza yabonye Grenade ayitiranya n’iteke
AMAKURU

Umuturage wo mu Karere ka nyanza yabonye Grenade ayitiranya n’iteke

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: March 30, 2025 9:36 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Mu murenge wa Nyagisozi, mu kagari ka Rurangazi, umudugudu wa Kigarama, umuturage witwa Habinshuti Elistarco w’imyaka 61 yabonye igisasu cyo mu bwoko bwa grenade mu murima we, ariko ntiyamenya icyo ari cyo, aracyitwara ajyana mu rugo.

Nyuma yaho, yaje guhura n’umuntu wamubwiye ko icyo kintu ari grenade, ahita amenyesha ubuyobozi.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyagisozi, Habinshuti Slydio, yavuze ko uyu muturage yabitewe n’ubumenyi buke, akaba atahise amenya ko ari igisasu gishobora guteza akaga. Abaturage bamubonye bihutiye gutanga amakuru, bituma ubuyobozi bwihutira kubimenyesha inzego z’umutekano.

Abasirikare bahageze basanga iyo grenade yashyizwe ku nkengero z’umuhanda, barayitwara. Gitifu Habinshuti Slydio yavuze ko iyo grenade yari ishaje kandi nta muntu yari yakomerekeje.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Perezida Ndayishimiye Ari Guhonyora Amasezerano yo Kutazatera u Rwanda – Dr. Frank Habineza
Next Article Gicumbi: Umuvunyi mukuru yasabye abagore kwirinda gukubita abagabo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Ingabo za SADC zashinje M23 gutegura ibitero bya nyirarureshwa

Ingabo ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo zihuriye mu muryango wa Africa Y'epfo za SADC zatangaje…

2 Min Read
AMAKURU

Ruhango: Uruhinja rwasanzwe mu ikarito rwapfuye

Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu Murenge wa Bweramana, Akarere ka Ruhango, bwatangaje ko Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwatangiye iperereza ku…

2 Min Read
AMAKURU

Kenya: Uwabaye Visi Perezida yateguje imyigaragambyo karabutaka

Rigathi Gachagua wabaye Visi Perezida w’Igihugu cya Kenya, yateguje ko mu gihe adasubijwe abarinzi be bamucungiraga umutekano, azateza akavuyo mu…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

AFC/M23 yerekanye abarwanyi ba FDLR, Wazalendo na FARDC yafashe bahungabanya umutekano w’umujyi wa Goma

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryerekanye abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, Wazalendo n’abasirikare ba…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?