igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Undi mu nyapolitike ukomeye yasinyiye kuba umunyamuryango wa AFC/M23
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > POLITIKE > Undi mu nyapolitike ukomeye yasinyiye kuba umunyamuryango wa AFC/M23
POLITIKE

Undi mu nyapolitike ukomeye yasinyiye kuba umunyamuryango wa AFC/M23

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 1, 2025 10:48 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Rex Kazadi akaba umunyapolitike wahataniye kuyobora iki gihugu yahanganye na Felix Tchisekedie mu matora yiyunze ku ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi ba Tchisekedie.

Rex kazadi ni umwe mu banyapolitike bazwi cyane biturutse ku kuba mu mwaka wa 2023 yarahataniye kuyobora iki gihugu cya Congo gusa byaje kurangira atageze aho yifuzaga, uyu mugabo yamaze gutangaza ko yahisemo kwiyunga ku ihuriro rya AFC/M23.

Ni nyuma y’uko hasakaye ubutumwa buhanahanwa ku mbugankoranyambaga bugaragaza uyu mugabo avuga ko yashimishijwe byimazeyo no kuba yamaze kuba umunyamuryango w’iryo huriro. Ni ubutumwa yacishishije ku rukuta rwe rwa X yahuze ari twitter aho yagize ati  “Nishimiye kuba nasinyiye kuba umunyamuryango wa Alliance Fleuve Congo (AFC) uyu munsi. Mwakoze cyane kunyongera mu muryango. Ntewe ishema no kuba umwe muri umwe. Niteguye kwitanga uko nshoboye kose ku bw’indangagaciro dusangiye.”

Rex Kazada yabaye mu ishyaka rimwe na perezida wa Congo Felix Tchisekedie rya UDPS, gusa mu matora yaje guhitamo kwiyamaza nk’uukandida wigenga gusa ntiyahirwa, uyu mugabo yiyamamaza yasezeranyije amacongoman ko aramutse atowe ko ikibazo cy’umutekano wo muburasirazuba bwa Congo kiri mubyo yahita akemura.

Siwe gusa wiyunze ku ihuriro rya AFC/23 kuko umutwe urwanira aho muri Congo wa Twirwaneho nawo wahisemo kwiyunga kuri AFC/M23 ndetse undi wiyunze kuri M23 ni uwitwa Jean-Jacques Mamba wabaye umudepite muri RDC wavuze ko yifatanyije na AFC/M23

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umugenzi yasubije indege inyuma ubwo yari ihagurutse ifashe ikirere.
Next Article Mu Karere ka Ruhango umugabo yishe inzoka arayirya biteza saga mu baturage
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUPOLITIKE

Leta ya Congo ikomeje kwikoma bikomeye u Rwanda

Nubwo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda biri mu nzira yo kuganira no gukemura amakimbirane amaze igihe hagati…

3 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Perezida Kagame yatembereje , Doumbouya urwuri rwe aho ari mu ruzinduko mu Rwanda

Mu ruzinduko perezida wa Guinea Conakry yagiriye muRwanda muri iki cyumweru yakiriwe na Perezida w'u Rwamda Paul Kagama wanamutembereje urwuri…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Perezida Ndayishimiye Yashinje u Rwanda Gufasha General Niyombare Gutera u Burundi

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko General Godfroid Niyombare ategura igitero ku Burundi afashijwe n’igihugu cy’u Rwanda. Ibi…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Imirwano ya Wazalendo n’ingabo za RDC yongeye kumvikana

Mu Ntara ya kivu y’Amajyepfo aho Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikorera zakozanyijeho n'abo mu mutwe witwaje intwaro…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?