igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: URWEGO RW’UBUGENZACYAHA RIB RUGIYE KUYOBORWA N’UMUYOBOZI MUSHYA.
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > URWEGO RW’UBUGENZACYAHA RIB RUGIYE KUYOBORWA N’UMUYOBOZI MUSHYA.
AMAKURUPOLITIKE

URWEGO RW’UBUGENZACYAHA RIB RUGIYE KUYOBORWA N’UMUYOBOZI MUSHYA.

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: March 27, 2025 12:49 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Mu nama yaraye iteranye yemeje ko Col Pacifique Kayigamba Kabanda asimbuye Col (Rtd)Ruhunga Kibezi Jeannot wari umaze imyaka irindwi ayobora uru rwego rwa RIB (Rwanda Investigation Bureau.

Kayigamba Kabanda yarasanzwe akora imirimo ifite aho ahiruye n’amategeko aho yakoraga nk’umushinjacyaha mukuru wa gisirikare aho uyu mwanya yawushizweho umwaka ushize na perezida wa repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Col Ruhunga ari mubatangiranye n’uru rwego rwa RIB aho mu gihe cy’imyaka irindwi yaramaze ayobora uru rwego yarufashije kugera kuri byinshi birimo kurwanya ibyaha bitandukanye ndetse kandi banahashije ibyaha byo ku ikoranabuhanga ku kigero cyo hejuru.

Bimwe mu bindi by’ingenzi byemejwe n’Inama y’Abaminisitirini ibijyanye na gahunda yo guteza imbere inganda, kunoza imitangire ya serivisi no guhanga ibishya hagamijwe kwihutisha iterambere ry’Igihugu. Ikindi cyagarutsweho muri iyi nama ni ibijyanye n’imyigire kubantu bakuru ndetse n’abataye ishuri aho hemejwe ko abo bazashakirwa uburyo bwohariye bakwigamo.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Abayobora ubukwe (MC) barasabirwa kujya batanga umusoro
Next Article Yiyambitse ubusa ari ku kibuga cy'indege. Umugore yiyambitse ubusa ku kibuga cy’indege akora ibidasanzwe
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Uganda: Polisi yafunze Umukecuru ukekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwuzukuru we w’imyaka 6
May 19, 2025
Putin yagaragaje ikifuzo k’igihugu cye mu biganiro by’amahoro
May 19, 2025
Joe Biden yasanzwemo indwara ikomeye ishobora no kumuhitana
May 18, 2025
Human Resources Manager in Shagasha Tea Company | Deadline 25-05-2025
May 18, 2025
Store Keeper in Nyandungu Eco Park | Deadline 20-05-2025
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Rulindo: Abantu 25 bafashwe bakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe

Ni abagizwe n’abantu 21 bafashwe bacukura amabuye y'agaciro mu buryo butemewe, Polisi na yo ifata abandi bane baguraga amabuye ayo…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe

Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 rwemeje ko…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Museveni yanze ko Kabila ajya i Goma anyuze muri Uganda

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yimye Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo inzira…

1 Min Read
AMAKURU

Trump agiye kwirukana intasi za Amerika

Ubutegetsi bwa Trump burateganya kugabanya abakozi bakora mu Rwego rw’Igihugu rw’Iperereza, CIA, no mu zindi nzego z’ubutasi muri gahunda ikomeje…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?