igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: “Utabona ko nzazana grammy award uwo ntabona neza” amagambo ya Bruce Melodie
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > “Utabona ko nzazana grammy award uwo ntabona neza” amagambo ya Bruce Melodie
IMYIDAGADURO

“Utabona ko nzazana grammy award uwo ntabona neza” amagambo ya Bruce Melodie

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 2, 2025 12:04 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Bruce melodie ku nshuro ya kabiri yatangaje ko azazana grammy award mu Rwanda.

Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie yongeye gutangaza ko azazana igihembo kiruta ibindi ku isi hano mu Rwanda aricyo Grammy award.

Uyu muhanzi uzwiho kugira urwenya cyane akenshi iyo ari n’itangazamakuru, noneho yongeye gutangaza ko utabona ko azazana igihembo cya grammy award uwo atabona neza. Ibi yabitangaje akoresheje urubuga rwa X yahoze ari twitter. Si ubwa mbere uyu muhanzi atangaje ko azazana iki gihembo cya grammy award mu Rwanda.

Ubwo yatangazaa ko azazana iki gihembo mu Rwanda hahise yajya hanze indirimbo ye yari afitenye na Shaggy ubwo haribazwa noneho ni iki uyu muhanzi yaba afitiye abanyarwanda.

Iki gihembo cya grammy award hano mu karere nta muhanzi n’umwe ugifite uwabashije guca agahigo ni Eddy Kenzo wabashije kujya guhatanira iki gihembo aho yarahanganye mu bahanzi beza ba Africa.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Premier league yagarutse
Next Article Muri Kivu y’Amajyepfo hari kubera imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Trump yatangaje ko filimi zitari izo muri Amerika zigiye kujya zitanga umusoro wa 100%

Trump yatangaje ko agiye gushyiraho umusoro ungana na 100% kuri filimi zitari izo muri Amerika, avuga ko ugamije guteza imbere…

1 Min Read
IMYIDAGADURO

Dore Abanyarwanda babiri bonyine ni bo Davido akurikirana kuri Instagram

Imbuga nkoranyambaga zifite uruhare rukomeye mu buzima bwa muntu muri iki gihe, kuko zatangiye kuba igice cy’imibanire, itumanaho, ndetse n’iyamamazabikorwa.…

3 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Hamenyekanye igihe amashusho y’indirimbo ya Chriss Eazy , Kevin Kade na The Ben – FOLOMIANA azasohokera

Nyuma yo kumara amezi atanu adasohora igihangano na kimwe, umuhanzi Chriss Eazy yihuje na Kevin Kade ndetse na The Ben…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

RIB yavuze ko ibyo Teta Sandra yanditse ku mbuga nkoranyambaga bipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

Amagambo Teta Sandra yanditse ku mbuga nkoranyambaga ni amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 nk’uko Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwabitangaje.…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?