igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 4, 2025 10:51 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 rwemeje ko Perezida Yoon Suk-yeol yegujwe, ku ni nyuma y’amezi ane ashyize ashinjwe guteza akavuye muri politiki nyuma y’itegeko rya gisirikare rishya yatangaje.

Kuri ubu imbaga y’abaturage bari mu myigaragambyo mu murwa mukuru Seoul mu kwishimira icyemezo cy’urukiko, cyatangajwe nyuma y’uko uyu wari umukuru w’iguhugu yategetse ko igisirikare cyinjira mu Nteko Ishinga Amategeko, bivugwa ko yari  agamije kwirukana abadepite bo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.

Ni itegeko rya gisirikare ryamaze amasaha 6 gusa, maze riteza umwuka mubi mu gihugu, ndetse ritera ihungabana ry’ubukungu hamwe no gukurura impungenge mu bafatanyabikorwa b’iki gihugu.

Moon Hyung-bae, Umuyobozi w’agateganyo w’Urukiko Rukuru, atangaza ko uyu wari perezida yarenze ku itegeko nshinga agakoresha igisirikare n’igipolisi mu buryo butemewe n’amategeko, mu kuburizamo ibikorwa by’Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu

Ni ingingo yagendeweho hategurwa amatora mashya y’umukuru w’igihugu azaba mu mezi abiri ari imbere.

Abinyujije mu itangazo yashyikirije abanyamategeko be, perezida Yoon yagaragaje akababaro ke ko kutabasha gusohoza inshingano yari yahawe n’abaturage, ndetse yongeraho ko byari ishema kuri we kuba umukozi wa Koreya y’Epfo.

Ahagaritswe manda ye itararangira hari amakuru avuga ko uwitwa Lee Jae-myung, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, ashobora kuba ariwe wasimbura Yoon Suk-yeol.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article ”Ububiligi ntibuzatubuza abibuka kubikora” Dr Bizimana
Next Article Ikamyo yari itwaye amavuta yo guteka ikongokeye i Nyamasheke
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Dore impamvu ikomeye ituma muri Koreya y’Epfo hategurwa amarushanwa yo ‘gukora ubusa’
May 21, 2025
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yitabiriye inama yabereye mu Bubiligi
May 21, 2025
Kevin De Bruyne yasezeye Manchester City mu birori byarannzwe n’amarangamutima, Pep Guardiola araturika ararira
May 21, 2025
Umukinnyi ukiri muto Lamine Yamal agiye guhabwa nimero ya Messi
May 21, 2025
Uganda: Abasivili bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’igisirikare bazajya baburanishwa n’inkiko za gisirikare
May 21, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Abahagarariye AFC/M23 mu biganiro by’amahoro basubiye muri Qatar

Ni ibiganiro by’amahoro bimaze igihe kirenga ukwezi bibera muri Qatar, ngo harebwe ko hagaruka agahenge ndetse hahoshwe umwuka mu hagati…

2 Min Read
Umutwe wa Hamas wongeye kugabwaho ibitero simusiga na Israel
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Gaza: Israel yongeye kugaba ibitero simusiga kuri Hamas nyuma y’uko uyu mutwe wongeye kuyirasaho ibisasu karahabutaka

Ingabo za Israel zifashishije intwaro karahabutaka zikaze zongeye kugaba ibitero simusiga mu gace ka Gaza nyuma y’uko umutwe wa Hamas…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Abaturage bo mu Majyaruguru y’u Bushinwa Bapima ibiro munsi ya 50 basabwe kuguma mu ngo

Mu majyaruguru y’u Bushinwa, ubuyobozi bwasabye abaturage bafite ibiro biri munsi ya 50 kudasohoka mu ngo zabo, bitewe n’umuyaga ukaze.…

2 Min Read
AMAKURU

Kenya: Abasore b’Ababiligi bafatiwe mu bucuruzi butemewe bw’ibimonyo baciwe 7.700$

Abasore b’Ababiligi basanganwe ibimonyo, abayobozi bavuga ko byari bigenewe amasoko y’i Burayi na Aziya, mu buryo bugaragara bw’ubucuruzi butemewe buri…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?