igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Yuko, umukecuru w’imyaka 89 aracyabasha gukina filime z’urukozasoni
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Yuko, umukecuru w’imyaka 89 aracyabasha gukina filime z’urukozasoni
AMAKURUUTUNTU N' UTUNDI

Yuko, umukecuru w’imyaka 89 aracyabasha gukina filime z’urukozasoni

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 25, 2025 4:11 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Umuyapani Yuko Ogasawara bivugwa ko ari we muntu ukina filime z’urukozasoni ukuze kurusha abandi kuko afite imyaka 89, gusa umuhate n’umurava mu kuzikina biracyari byose.

Yuko yavutse mu 1936. kuri ubu ni we ufatwa nk’inkingi ya mwamba mu cyiciro cy’abakina filime z’urukozasoni bari mu za bukuru (silver porn)bisobanuye ko ari abari hejuru y’imyaka 60.

Mukecuru Ogasawara yubatse urugo afite imyaka 23, umugabo we yaje kwitaba Imana nyuma y’imyaka 35 babana yishwe n’uburwayi, aza kwinjizwa mu mushinga wo gukina filime z’urukozasoni n’uwari umukiliya we mu kabari.

Yagize ati “Iyo nshuti yanjye yakundaga kujya ahakinirwa izo filime igiye gukora ibijyanye n’ubwiza ku bayikina. Rimwe umuntu yamubajije niba hari umuntu azi wakina neza, amvuga mu ba mbere.”

Ogasawara avuga ko bwa mbere yabanje kubitinya, ariko nyuma uwakoraga ubwo bucuruzi bw’izo filime akomeza kumumenyereza.

Yagize ati“Naremeye ndagerageza. Nashakaga kureba ko bambonamo umukozi ubishoboye nk’uko abato bigenda. Narakoze ndataha nyuma y’ibyumweru barampamagara. Ntabwo nari kubyanga.”

Kuri ubu Mukecuru Yuko, afite abana batatu barimo abakobwa babiri n’umuhungu umwe bahamya ko kuba umubyeyi wabo akazi akora ntacyo kabatwaye.

Yagize ati “Nabwiye umuhungu wanjye ibyo nkora, arambwira ati ‘niba bigufasha gusubira ibukumi hari ikihe kibazo? Narabikoze ndetse bigenda neza, ubanza ari uko umugabo wanjye yari yaranteguye mu myaka 35. Umubiri wanjye wahise wibuka, urabimenyera.”

Yuko, agaragaza ko buri munsi aba arajwe ishinga no kubungabunga imiterere ye, akazi akagakora mu buryo butandukanye n’abandi, agakora imyitozo ngororamubiri imufasha kwakira abantu batandukanye .

Yagize ati “Buri munsi mbazwa aho nkura imbaraga zo gukora aka kazi katamenyerewe. Ntekereza ko ari uko nkunda gusabana n’abakiri bato, nkavugana na bo inshuro nyinshi. Abantu bakuze ntabwo bakwiriye kwirirwa bicaye mu rugo gusa ngo bakomeze kwinubira ibijyanye n’ubuzima bwabo butameze neza.”

Inshuro nyinshi abantu bamubajije icyo yumva abandi bamutekerezaho, nk’umukecururu ukina filimi nk’izi, agaragaza ko ubuzima bwe busanzwe nka Yuko, ntaho buhuriye n’ubw’umukecuru wa mbere ukuze ukina filime z’urukozasoni.

Yagize ati “Icyakora iyo hagize umvugaho ubusa, ndamuzibya. Gushaka umugabo bwari ubuzima bwanjye bwa mbere, ubwa kabiri bwari ubwo kwakira abantu muri hoteli, ubu ndi kubaho mu buzima bwanjye bwa gatatu nk’umukinnyi wa filime wabigize umwuga.”

Aha Yuko yari akiri mu myaka mike cyane

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Joseph Kabila Yashinje Leta ya Tshisekedi Igitugu, Anatangaza Gahunda yo Gucyemura Ibibazo by’Umutekano muri DRC
Next Article Xabi Alonso yasinye amasezerano y’imyaka itatu muri Real Madrid
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Israel Mbonyi yahawe igihembo mpuzamahanga muri Tanzanian Gospel Music Awards 2025
May 25, 2025
Senior Manager Trade Finance at BPR by 28/05/25
May 25, 2025
Bakorewe igitangaza n’ikigo cy’ishuri nyuma yo gutabwa n’ababyeyi babo
May 25, 2025
IT Change & Governance Manager(1) at BPR: Deadline: 28/05/25
May 25, 2025
Senior Manager Ecosystem and Value Chain Banking at BPR: Deadline :May 28th, 2025
May 25, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo ziri Kwitegura intambara ikomeye mu kibaya cya Rusizi

Ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), zifatanyije n’ingabo z’u Burundi ndetse n’imitwe yitwaje intwaro, zirimo gukora…

3 Min Read
AMAKURU

”Ntakindi gihugu cyasenwe n’ububiligi nk’u Rwanda” Bizimana

Bizimana yagaragaje ko u Rwanda rwahekuwe cyane n'ububiligi ubwo bicaga abami 2 b'u Rwanda Mu ijambo yavugiye ku Rwibutso rwa…

8 Min Read
AMAKURU

Umugabo w’ i Nyamasheke ukekwaho gutera inda umwana amushukishije 5000 frw yatawe muri yombi

Ni Umugabo w’imyaka 53 yafatiwe mu Mudugudu wa Mutuntu, Akagari ka Bisumo, Umurenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke ku…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADUROMU MAHANGA

Chris Brown agiye Gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Umunyamerika Chris Brown ayiye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe ategereje kuburana ku byaha ashinjwa ko yakoreye mu Bwongereza mu…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?