igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Rutsiro: Umugabo yagwiriwe n’ibuye arapfa
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Rutsiro: Umugabo yagwiriwe n’ibuye arapfa
AMAKURU

Rutsiro: Umugabo yagwiriwe n’ibuye arapfa

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 28, 2025 8:12 am
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Mbarushimana Alex w’imyaka 40 wo mu Akarere ka Rutsiro yagwiriwe n’ibuye arapfa, ubwo yari mu kazi ke ko gucukura amabuye y’agaciro.

Ibi byabereye mu Murenge wa Nyabirasi, Akagari ka Ngoma mu Mudugudu wa Gashihe, ku wa 27 Gicurasi 2025.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyabirasi, Mpirwa Migabo yavuze ko uyu mugabo yagwiriwe n’ibuye ubwo bacukuraga indani.

Ati “Twahawe amakuru n’ubuyobozi bwa DEMIKARU Ltd icukura amabuye y’agaciro ko ubwo bacukuraga mu cyo bita indani, ibuye ryamanukiye uwitwa Alexis Mbarushimana ahita apfa.”

Yakomeje avuga ko umurambo we woherejwe ku bitaro bya Gisenyi gukorerwa isuzuma.

Mpirwa Migabo yasabye ko kompanyi z’ubucukuzi zigomba kuba zifite ubwishingizi bw’abakozi zikoresha no gukoresha abakozi bambaye ibiresho bibarinda.

Abakozi bakora mu bucukuzi bo basabwe kwirinda, bakajya mu ndani bafite ubushishozi kugira ngo hatagira uwo ibuye rigwira cyangwa ngo babe babura umwuka.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Amateka ya Professor wakinnye muri Lacasa de Papel, burya yigeze no kurwara kanseri
Next Article Byinshi wasobanukirwa kuri filime ‘Final Destination Bloodlines’ iri mu zigezweho muri iki gihe
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

AFC/M23 yahakanye imibare yatangajwe na Leta ya Congo ku bapfiriye mu rugamba rwo gufata Goma
May 31, 2025
U Rwanda rugiye kubaka amashuri y’icyitegererezo yigisha ikoranabuhanga harimo na Drone
May 31, 2025
“Mbere yo gufungura urugi, banza witegure” Trump abwira Macron wakubiswe n’umugore we
May 31, 2025
Amavubi yerekeje muri Algeria gukina imikino ya gicuti yo kwitegura Gikombe cy’Isi cya 2026
May 31, 2025
Urukiko rw’Ikirenga rwa Amerika rwemeye icyemezo cya Trump cyo gukuraho uburenganzira bw’abimukira barenga 530,000
May 31, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Minisitiri Olivier Nduhungirehe yakiriwe muri Pakisitani

Minisitiri ushinzwe ububanyi n'amahanga w'u Rwanda yageze muri Pakisitani aho yagiye gutangiza ambassade y'u Rwanda muri icyo gihugu. Minisitiri w’Ububanyi…

2 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Ububiligi bushobora kwisubiraho bugashigikira M23

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, yashimangiye icyifuzo cy’ubuhuza n’amahoro mu Burasirazuba bwa Congo, avuga ku mubano w’u Rwanda…

3 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Milla Magee wari uri mu bakobwa bahanganiye ikamba rya Miss World 2025 ahagarariye u Bwami bw’Ubwongereza yivanye muri irushanwa

Milla Magee wari uri mu bakobwa bahanganiye ikamba rya Miss World 2025, ahagarariye Ubwami bw’u Bwongereza yivanye muri iri rushanwa.…

2 Min Read
AMAKURUUBUZIMAUTUNTU N' UTUNDI

Gicumbi:Umwarimukazi aravugwaho gutegeka abanyeshuri gukubita mugenzi wabo agapfa

Mu Karere ka Gicumbi umwarimukazi aravugwaho gutegeka abanyeshuri gukubita mugenzi wabo bamuziza ifunguro, bimuviramo gupfa. Amakuru UMUSEKE wamenye ni uko…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?