igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: “Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > “Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto
AMAKURUMU MAHANGA

“Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: April 5, 2025 2:51 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Perezida wa Kenya William Ruto yavuze ko yiteguye guhangana mu matora ateganijwe kuba mu mwaka wa 2027, kandi yizeye ko azayatsinda gusa agaragaza ko naramuka anayatsinzwe azajya mu mwuga w’ubuhinzi n’ubworozi.

Aya magambo William Ruto yayatangaje kuri uyu wa Gatanu ubwo yari mu Karere ka Nyeri mu gace ka Othaya, Perezida Ruto yabwiye abaturage ba Nyeri ko yiteguye kuva mu butegetsi igihe cyose baba babona ko atabagejeje kubyo yabasezeranije muri iyi manda ye ya mbere.

Perezida kandi yasabye abamunenga kumuha umwanya akabanza kurangirza ibyo yasezeranyije abaturage ba Kenya, mbere y’uko igihe cy’amatora ateganyijwe mu mwaka wa 2027 kigera, bakongera ku mutora cyangwa se bagahitamo undi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article ”Alain Muku ni umubyeyi kuri njye” amagambo ya Gisupusupu
Next Article Urutonde rw’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi, Amerika itarimo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Kenya: Umugabo yafunzwe nyuma yo gusangwa amaze gutaburura umurambo wa se
May 22, 2025
Kaboyi yabaye umwataka mwiza muri Yanga Princess
May 22, 2025
Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelone kugeza mu 2027 nyuma yo gutwara ibikombe bitatu
May 22, 2025
Minisitiri w’Ubutabera wa RDC yafatiwe icyemezo gikomeye nyuma yo gukekwaho kunyereza umutungo
May 22, 2025
Polisi yafashe ibiro 500 by’ifumbire mvaruganda yari ijyanywe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
May 22, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

U Burusiya bukomeje kugaba ibitero muri Ukraine mu gihe bari bumvikanye agahenge

Mu ijoro rishyira ku wa 12 Gicurasi 2025, u Burusiya bwongeye kugaba ibitero by’indege zirenga 100 zitagira abapilote muri Ukraine…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Pallaso yacecekesheje mugenzi we Bebe Cool uheruka kwigamba ko yica agakiza mu muziki wa Uganda

Umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda Pallaso, yacecekesheje mugenzi we Bebe Cool uheruka kwigamba ko yica agakiza mu muziki wa…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Bobi Wine agiye kugaruka mu muziki

Ku wa Mbere, tariki ya 22 Mata, Bobi Wine, Nubian Li, na King Saha bose bashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga…

1 Min Read
AMAKURU

Polise y’u Rwanda yemeje ko yataye muri yombi umusekirite wagaragaye atega umuntu kuri sitade

Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamaze gufata ushinzwe umutekano kuri sitade wagaragaye mu mashusho atega umwe mu bari bitabiriye umukino…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?