igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Putin yahaye Pasika Ukraine, avuga ko ashyizeho agahenge kugeza Saa 22:00
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Putin yahaye Pasika Ukraine, avuga ko ashyizeho agahenge kugeza Saa 22:00
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Putin yahaye Pasika Ukraine, avuga ko ashyizeho agahenge kugeza Saa 22:00

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 20, 2025 2:25 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Mu kwizihiza urupfu n’izuka bya Yezu Kristu, abo muri ukraine babwiwe ko uburusiya bubaye buhagaritse imirwano kuri iki cy’umweru cya pasika, ariko ako gahenge kakarangira Saa 22:00 z’ijoro ku isaha y’ i Moscow mu Burusia.

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashubije avuga ko ibi bigaragaza  icyerekezo cy’Uburusiya, gusa akavuga ko Putin yakabaye yemera guhagarika imirwano y’iminsi 30 yuzuye yasabwe mu kwezi gushize niba koko bashyize imbere inzira z’amahoro.

Putin we yavuze ko aka gahenge yagashyizeho ashingiye ku bitekerezo byabakora ibikorwa by’ubutabazi muri iki gihugu gusa basesengura ibya politiki bo bakavuga ko Uburusiya bushaka kugaragariza Amerika ko bwiteguye kurangiza intambara

Nyuma y’aka gahenge impande zombi zavuze ko ituze ryagarutse ahantu hose, gusa imirwano yo iracyakomeje mu bice bimwe na bimwe nk’uko BBC dukesha iyi nkuru ibivuga.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article RDC: Muyaya abona kujya I Goma kwa Kabila ari ubugambanyi
Next Article BURUNDI/ Kayanza: Imbwa zimaze kuruma Abantu 19 abandi ubwoba ni bwinshi.
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Nduhungirehe Olivier yagaragaje ko abahuza amasezerano y’amahoro ya Rwanda-DRC n’amasezerano y’abimukira ataribyo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Jean Patrick Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibiganiro na Leta Zunze…

3 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Diamond ashaka kurongora umugore wo muri Nigeria

Nyuma yuko Dimond atashye ubukwe bwa Juma Jux n'umugore we wo muri Nigeria Priscilla ndetse Abanya-Nigera bakamwakira neza, yaje kuvuga…

1 Min Read
AMAKURU

Urukiko rw’Ikirenga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwemereye Trump kubuza abihinduje igitsina kwinjira mu gisirikare

Ubumwe za Amerika rwemeje ko Leta ya Amerika ikomeza gushyira mu bikorwa politiki ibuza abihinduje igitsina kwinjira cyangwa gukomeza gukorera…

1 Min Read
AMAKURU

Turahirwa Moses ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge yitabye Urukiko

Saa Kumi n’Ebyiri z’igitondo, Turahirwa Moses ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, nibwo yagejejwe ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro mu gihe…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?