Umuhanzi Diamond Platinum yitabiriye isabukuru ya manager wa Diamond Planum ( Sallam Sharaff) wujuje imyaka 45
Umuhanzi nyarwanda Bruce Melodie yitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru ye yizihiza imyaka 45 y’amavuko, ibirori byabereye mu gihugu cya Tanzania.
Ni ibirori byabereye mu mujyi wa dar-salama bikaba byabereye ahitwa Hyatt Regency bikaba byabaye ku mugoroba wo kuwa gatanu 09 uku kwezi 2025, ibi birori kandi bikaba byitabiriwe n’abantu barimo abayobozi ba Labour ya 1:55 AM aribo Kenny Mugarura akaba ariwe uyobora iyi nzu byitabiriwe kandi n’uwashinze iyi nzu ariwe karomba Gael uzwi nka Coach Gael
Ibi bibaye nyuma y’uko bigaragaye ko umuhanzi Diamond Platinum afitanye indirimbo na Bruce melodie ikaba ikirimo gutunganywa aho izasohoka muri iyi mpeshyi, ni mu gihe nanone uyu mugabo aherutse kugaragaza ko ashigikiye ko Coach Gael yaguma mu muziki biturutse ku kuba uyu mushoramari yaratangaje ko agiye kureka gushora amafaranga mu muziki nyarwanda ibintu yavuze ko ngo bitunguka na gato.