igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
IMYIDAGADUROMU MAHANGA

HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 18, 2025 12:09 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

HoodyBaby, yatawe muri yombi na Polisi yo mu Bwongereza aho ari gushinjwa icyaha cyo gukomeretsa bikabije nyuma ya Chris Brown bahuriye ku kirego kimwe.

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 17 Gicurasi 2025, Polisi yavuze ko yataye muri yombi Umuraperi w’Umunyamerika Omololu Akinlolu, uzwi ku izina rya HoodyBaby. aho we ibyaha akurikiranyweho byakozwe ku wa 19 Gashyantare 2023, mu kabyiniro ka Tape gaherereye mu gace ka Mayfair, mu mujyi wa Londres mu Bwongereza.

Ubushinjacyaha bwemeza ko umuhanzi Chris Brown yafashe icupa rya Tequila arikubita ku mutwe wa Abraham Diaw, akomeza kumukubita no kumukandagira ubwo yari yamaze kwitura hasi.

Ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Gicurasi 2025, HoodyBaby, Omololu Akinlolu amazia ye nyakuri, afite imyaka 38 y’amavuko, yashyikirijwe Urukiko rwa Manchester aho ashinjwa icyaha kimwe cyo gukomeretsa bikabije ku bushake. Ibi bikorwa byafashwe n’amashusho ya camera z’umutekano z’ako kabyiniro.

Chris Brown yatawe muri yombi ku wa Kane, tariki ya 15 Gicurasi 2025, afatirwa mu cyumba cya hoteli i Manchester. Yagejejwe imbere y’urukiko rw’i Manchester ku wa Gatanu, tariki ya 16 Gicurasi.

Gusa yirinze kugira icyo avuga ku byaha aregwa. Urukiko rwategetse ko aguma muri gereza kugeza akazongera kuburana ku wa 13 Kamena 2025.

Akinlolu ni umuraperi ukomoka i Dallas, muri Leta ya Texas, akunze kugaragara mu mishinga myinshi ya muzika n’abahanzi barimo Chris Brown na Lil Wayne bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
Next Article Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Muhanga: Umusore wimyaka 19 birakekwa ko yiyahuye nyuma yo gusangwa mu kiziriko
May 18, 2025
Ikibazo cya Rayon minisiteri igiye kugihagurukira
May 18, 2025
Perezida w’Afurika y’Epfo agiye kuganira na Trump wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika
May 18, 2025
FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Davido yanenze ubutegetsi bwa Nigeria

Davido yanenze Leta ya Nigeria avuga ko ariyo mbi iri ku isi. Ati”Nigeria nta bayobozi beza ifite,kandi igihugu gifite abakene…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

DRC/ITURI: Inyeshyamba za ADF ziri kwaka abahinzi amadorari 10 kugirango bemererwe Guhinga

Aho abarwanyi b’uyu mutwe bari mu mijyi yo mu cyaro mu turere twa Mambasa na Irumu ho mu ntara ya…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Joseph Kabila yasubiye muri RDC anyuze i Kigali, nyuma y’imyaka myinshi mu buhungiro

Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yamaze kugaruka mu gihugu cye avuye mu…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAUTUNTU N' UTUNDI

Umubyeyi yabyaye abana batandatu icyarimwe bitangaza benshi

Umugore w’imyaka 32 wo mu mudugudu wa Nyamufumura, mu karere ka Sheema, yabyaye abana batandatu icyarimwe, ibintu byatangaje benshi ariko…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?