igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Kamala Harris yaba yaratutse umunyamakuru wa CNN kuri nyina?
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Kamala Harris yaba yaratutse umunyamakuru wa CNN kuri nyina?
AMAKURUMU MAHANGA

Kamala Harris yaba yaratutse umunyamakuru wa CNN kuri nyina?

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 24, 2025 10:05 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Uwahoze ari Visi Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Kamala Harris aravugwaho gutuka umunyamakuru Anderson Cooper wa Televiziyo ya CNN kuri nyina muri Kamena 2024, amuziza kumuhata ibibazo.

Ni ibyo igitabo ‘Original Sin’ cya Jake Tapper na Alex Thompson bakorera iyi televiziyo kigaragaza, nyuma y’uko gishyizwe ahagaragara ku wa 20 Gicurasi 2025.

The New York Post, yavuze ko ubwo Biden yagaragazaga intege nke mu kiganiro mpaka yahuriyemo na Trump muri Kamena 2024, ishyaka ry’Aba-Démocrates ryasabye Kamala kutajya mu biganiro mu binyamakuru, kuko ryari rifite impungenge ko ashobora kuhasebera, gusa abima amatwi.

Umunyamakuru Cooper yagaragaje ko Aba-Démocrates bagiye ku gitutu ubwo Biden yitwaye nabi muri iki kiganiro, Kamala amusubiza ko nubwo uwahoze ari Umukuru w’Igihugu yatangiranye intege nke, yarangije ikiganiro mpaka ari we uri hejuru.

Ibyagaragajwe n’iki gitabo birimo ko ibibazo byose Kamala yabajijwe na Cooper, byose byari byerekeranye n’ubuzima bw’igihugu, uyu munyapoliti we agira ngo ni ukumwibasira mu buryo bwihariye.

Nyuma y’aho ikiganiro Hariss yagiranaga na Cooper kirangiye, Kamala yabwiye abo bari kumwe ati “Uyu mu… wa nyina ntabwo amfata nka Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Amerika.”

Abo mu ishyaka ry’aba-Démocrates bari biteze ko ko Biden ari we uzaba umukandida wabo ubahagararira mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ariko ubwo yitwaraga nabi muri iki kiganiro mpaka, yasimbujwe Kamala nawe waje gutsindwa amatora na Donald Trump, kuri ubu uyoboye Leta Zunze ubmwe za Amerika muri manda ye ya kabiri ari na yo ya nyuma kuko itegeko nshinga rya amerika, rigena ko umukuru w’igihugu atagomba kurenza manda ebyiri.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kaminuza ya Harvard yirukanye abanyeshuri bose babanyamahanga burundu
Next Article Miss Uwase Raissa Vanessa yasezewe n’inshuti ze mu birori bya Bridal Shower mbere yo kurushinga na Ngenzi Dylan
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Mushikiwabo yasuzuguye Minisitiri mu buryo bukomeye ahita ajya kwiga muri USA
May 24, 2025
U Burusiya bwaburijemo ibitero bya drones zirenga 100 byari bigamije kuburimbura
May 24, 2025
Umukobwa yajyanywe mu bitaro nyuma yo kuryamana n’abagabo 583 mu munsi umwe
May 24, 2025
Zari Hassan yahaye ubutumwa bukomeye abasore mw’ijwi rituje ati basore mujye mureba ubwenge ntimukarebe ikibuno gusa
May 24, 2025
Umuhanzi The Ben na Diamond Platinumz berekeje I Ntungamo mu gitaramo karabutaka
May 24, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yashinjwe kwivanga mu itorwa rya Papa mushya aho ashaka ko Umu-Cardinal w’Umufaransa ariwe wazatorwa

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bikomeje kuvugwa ko ari kugerageza gushaka kugira uruhare mu itorwa rya Papa mushya, aho ashaka…

1 Min Read
AMAKURU

Nduhungirehe Olivier yagaragaje ko abahuza amasezerano y’amahoro ya Rwanda-DRC n’amasezerano y’abimukira ataribyo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Jean Patrick Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibiganiro na Leta Zunze…

3 Min Read
AMAKURU

Putin yavuze ko yiteguye kugirana ibiganiro na Ukraine byo guhagarika intambara nta gitutu ashaka

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kugirana ibiganiro na Ukraine, hagamijwe gushaka igisubizo kirambye cyahagarika intambara…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Inyeshyamba za M23 zatangiye kubaka umuhanda mushya uhuza santere ya Masisi n’umujyi wa Sake

Ihuriro ry’inyeshyamba za AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ryatangaje ko ryatangiye igikorwa cyo kubaka umuhanda…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?