igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Joe Biden yongeye kugaragara nyuma yo gutangaza ko arwaye kanseri ya ‘Prostate’
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Joe Biden yongeye kugaragara nyuma yo gutangaza ko arwaye kanseri ya ‘Prostate’
AMAKURUMU MAHANGA

Joe Biden yongeye kugaragara nyuma yo gutangaza ko arwaye kanseri ya ‘Prostate’

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 25, 2025 2:30 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Joe Biden wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye kugaragara mu ruhame ndetse ashimangira ko yumva ameze neza, nyuma y’uko hatangajwe ko arwaye kanseri ya Prostate yamurenze.

Ku wa 18 Gicurasi 2025 nibwo ibiro bya Biden byatangaje ko arwaye kanseri ikomeye ya Prostate kandi ko yageze ku rwego rwa kane.

Ku wa 23 Gicurasi 2025, Biden yagaragaye ku kibuga cy’indege cya Bradley muri Connecticut, aho yari yitabiriye ibirori byo kurangiza amashuri by’umwuzukuru we.

Biden wari uherekejwe n’umugore we, Jill Biden, yabwiye itangazamakuru ko “yumva ameze neza”.

Uburwayi bwa Biden kuva bwavugwa, bwatumye Abasenateri basaba ko hakorwa iperereza hakamenyekana niba yari afite ubu burwayi akiri Perezida.

Ni mu gihe Perezida Donald Trump yavuze ko abafashaga Biden bakoresheje ubuzima bwe kugira ngo bagere ku nyungu za politike, ashimangira ko ari “ubuhemu bwo ku rwego rwo hejuru.”

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Chairman wa APR FC yagize ibyo atangaza nyuma yo gutwara igikombe
Next Article Imbangukiragutabara irenze umuhanda ikomeretsa umunyegare
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Zelensky yikomye Amerika ikomeje guceceka kandi ibitero by’u Burusiya bibahora ku mutwe
May 26, 2025
Rc Berkane yambuye Simba SC igikombe cya CAF confederation Cup
May 26, 2025
Nubwo ari mu buroko, Tundu Lissu yagizwe Visi Perezida w’Umuryango uharanira Demokarasi muri Afurika
May 26, 2025
Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Mozambique bagiye gusimbuzwa
May 26, 2025
Amakimbirane hagati ya Pamella Innocente, AB Godwin na Clapton Kibonge ku mushinga wa filime akomeje gufata indi ntera
May 25, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Kaminuza y’Abaporotesitanti mu Rwanda yashyize ku isoko ry’umurimo abasaga 500 barangije amasomo y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza

Ni ibirori byabaye ku nshuro ya 12 i Huye ku cyicaro cy’iyi Kaminuza. Kuri uyu wa gatatu , tariki ya…

2 Min Read
AMAKURU

Eddie Mutwe ukuriye abacungira umutekano Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yarezwe ibyaha bitandatu bikomeye

Eddie Mutwe ukuriye abacungira umutekano umunyapolitiki Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yarezwe ibyaha bitandatu birimo ubujura bukomeye no…

2 Min Read
AMAKURU

Antoine Cardinal Kambanda Yavuze ku kudatezuka kwa Nyakwigendera Alain Mukuralinda

Mu muhango wo gusezera Alain Mukuralinda muri Paruwasi Gatolika ya Rulindo, Arikiyepiskopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda yagaragaje ko Alain…

1 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

EUROPA LEAGUE: Manchester United igeze ku mukino wa nyuma inanyagiye Athletic Club

Umukino wo kwishyura muri ½ cya Uefa Europa League ikipe ya Manchester united itsinze inyagira Ikipe ya Athletic Club de…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?