igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: ABASIRIKARE BA CONO BISWE ABAJURA
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > POLITIKE > ABASIRIKARE BA CONO BISWE ABAJURA
POLITIKE

ABASIRIKARE BA CONO BISWE ABAJURA

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: March 31, 2025 11:21 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Senateri Uwiringiyimana Evode yakoresheje amagambo akomeye anenga Congo ku kuba yarashize imbaraga mu mu kugura intwaro zikomeye aho kubaka igisirikare bituma iki gisirakare kitwara m buryo bw’amabandi.

Ubwo uyu musenateri yari mu kiganiro na RBA maze akabazwa ku bihereranye n’umutekano mucye aho muburasirazuba bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo yavuze ko ikibazo Congo ifite yisanze ari umuterankunga ukomeye w’umutwe wa M23 binyuze ku kuba igura intwaro zikomeye ariko izo ntwaro zose zikisanga mu maboko y’uyu umutwe.

Mu magambo ye yagize ati Ati “Bizeye intwaro bari bafite. Baguze intwaro pe kuko bagaragaza ingengo y’imari bakoresheje mu gisirikare, ariko (RDC) igura intwaro nta gisirikare igira. Buriya amasuka ntiyihingisha, ushobora kugira kontineri y’amasuka ariko nta bahinzi ufite abantu bazi guhinga bakazaza bakikorera ayo masuka bakayatwara ni na yo mpamvu tuvuga ko umuterankunga wa mbere wa M23 ni Leta ya Congo.”

Senateri kandi yakomeje agaragaza ko ikibazo kiri muri DRC atari u Rwanda nk’uko bakomeje barushinja kuba nyirabayazana w’ibi bibazo avuga ko Congo ifite ibibazo byinshi ariko cyane ko bugarijwe na ruswa yamunze iki gihugu ndetse ikaba yarageze no mugisirikare cyabo.

Senateri yagize ati Ati “Congo nta gisirikare igira, ni abantu b’abajura yashyize hamwe irabegeranya ibaha intwaro ariko nta gisirikare gihari rwose keretse ukuyemo bariya bantu bambaye inyenyeri.”

Bivugwa ko RDC ari cyo gihugu cya Afurika cyaguze intwaro zihenze mu myaka mike ishize, aho cyakoresheje agera kuri miliyari enye z’amadolari.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Myanmar: Abahitanywe n’umutingito bamaze kuzura 1700
Next Article Nyagatare: Abagizi ba nabi batemaguye umurinzi w’ishuri baramwica
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Abahagarariye AFC/M23 mu biganiro by’amahoro basubiye muri Qatar

Ni ibiganiro by’amahoro bimaze igihe kirenga ukwezi bibera muri Qatar, ngo harebwe ko hagaruka agahenge ndetse hahoshwe umwuka mu hagati…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

DRC: Abanye-Congo biteze kumva Ijambo rya Joseph Kabila

Uwahoze ari perezida wa congo Kinshasa biteganyijwe ko ageza ijambo ku batuye umugi wa Goma n’igihugu muri rusange. Kuri uyu…

1 Min Read
Dosiye ya ‘Bishop Gafaranga’ uregwa ihohotera rishingiye ki gitsinda yazamuwe
AMAKURUIMYIDAGADUROPOLITIKEUTUNTU N' UTUNDI

Heguwe amadosiye ya Bishop Gafaranga umu pastor uregwa ibyaha byihohotera rishingiye ku gitsina 

Dosiye y’ikirego kiregwamo Habiyaremye Zacharie uzwi nka ‘Bishop Gafaranga’, yamaze kugezwa mu Bushinjacyaha kugira ngo buyisuzume buzayiregere Urukiko. Bishop Gafaranga…

1 Min Read
Umutwe wa Hamas wongeye kugabwaho ibitero simusiga na Israel
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Gaza: Israel yongeye kugaba ibitero simusiga kuri Hamas nyuma y’uko uyu mutwe wongeye kuyirasaho ibisasu karahabutaka

Ingabo za Israel zifashishije intwaro karahabutaka zikaze zongeye kugaba ibitero simusiga mu gace ka Gaza nyuma y’uko umutwe wa Hamas…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?