igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Bidatinze hari Cardinal wamenye ibanga rikomeye cyane ry’uko Papa yatowe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Bidatinze hari Cardinal wamenye ibanga rikomeye cyane ry’uko Papa yatowe
AMAKURU

Bidatinze hari Cardinal wamenye ibanga rikomeye cyane ry’uko Papa yatowe

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 10, 2025 7:17 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Yariki ya 8 Gicurasi 2025 nibwo inteko itora Papa igizwe n’aba Cardinal 133 yatoye Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika, Cardinal Robert Francis Prevost.

Hari umwe mu ba Cardinal wo mu bwongereza wamenye ibanga ryuko Papa Leo wa XIV yatowe.

Uwo mu Cardinal utatangajwe amazina yavuze uburyo mbere yuko Papa Leo VIX atorwa yabanje kubazwa niba yakwemera kuyobora Kiriziya gatulika.

Ubwo yabazwaga niba yakwemera kuyobora Kiriziya, Papa yasubije mu ijwi rituje cyane ati” nabyemera.

Nyuma yogusubiza ko yakwemera ko kuba Papa, yahise anavuga ko ntamuntu numwe azatinya mu gihe azaba ari umushumba wa kiriziya ku isi.

Cardinal Robert ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatowe nyuma y’aho habaye ibyiciro bitanu by’itora birimo kimwe cyabaye tariki ya 7 Gicurasi n’ibindi bine byabaye ku ya 8 Gicurasi. Yafashe izina ry’ubutungane rya Leo XIV.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umutwe wa M23 wakoze umukwabu mu mujyi wa Goma hafatirwamo amabandi 30 n’imbunda nyinshi
Next Article IMYANYA 7 Y`AKAZI MURI BANKI NKURU Y`U RWANDA (BNR): ITALIKI NTARENGWA: 10 GICURASI 2025
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Félix Tshisekedi ategerejwe i Washington

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ategerejwe i Washington kuri uyu wa Kane, itariki ya 1…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

DRC: Mu gace ka Rugezi hari kubera imirwano ikomeye iri guhuza Wazalendo ndetse na Twirwaneho

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu mu gace ka Lugezi kari muri Gurupoma ya Basimukuma-Sud Teritwari ya Fizi…

2 Min Read
AMAKURU

Amakuru y’ingenzi wamenya ku buzima bwa Uwiringiyimana Agatha wagizwe intwari

Uwiringiyimana Agatha yavukiye mu cyahoze ari Perefegitura ya Butare, mu gace ka Nyaruhengeri, tariki ya 23 Gicurasi 1953. Amashuri yisumbuye…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Yago Pon Dat yaciye amarenga ko yaba yitegura kwibaruka

Nyuma y’iminsi ku mbuga nkoranyambaga hacicikana amakuru avuga ko Yago n’umukunzi we Teta Christa bitegura kwibaruka imfura yabo, aba bombi…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?