igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Burna Boy arimo guterwa amabuye n’abafana be bose bo mu gihugu cya Nigeria
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Burna Boy arimo guterwa amabuye n’abafana be bose bo mu gihugu cya Nigeria
IMYIDAGADURO

Burna Boy arimo guterwa amabuye n’abafana be bose bo mu gihugu cya Nigeria

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 16, 2025 11:03 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Umuhanzi wo muri Nigeria Burna Boy akomeje kuvugisha benshi nyuma yuko agaragaye ari kumwe n’umuhungu wa Perezida Bola Tinubu witwa Seyi Tinubu ndetse na Michael Jordan.

Icyavugishije benshi ni uko Seyi Tinubu akunze kumvikana avuga ko Papa ari we Perezida mwiza Nigeria yagize, nyamara Burna Boy nawe akunze kumvikana anenga Politike ya Bola Tinubu mu bijyanye n’ubukungu yakomeje kunenga na benshi bemeza ko ubukeneye bumeze nabi.

Ku rundi ruhand,e uyu mwana wa Tinubu aheruka gukozanyaho n’umuraperi Eedris Abdulkareem nyuma y’uko avuze ko se ari we Perezida mwiza, ibyatumye uyu muraperi asohora indirimbo yise “Tell Your Papa” aho yaje gukundwa ariko Leta ibuza ko yakinwa kuri Radio na Televiziyo.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Uruhare rw’ubwoko bw’amaraso mu kurambana kw’abakundana: Ubushakashatsi bubivugaho iki?
Next Article Umuhanzi Rema arimo kuvugirizwa induru n’abafana
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Element na 1:55am bari kurebana ay’ingwe kubera miliyoni 25 Frw yishyuzwa

Mu minsi ishize, mu ruganda rwa muzika nyarwanda havuzwe ikibazo gikomeye hagati ya Producer Element na label yitwa 155am, aho…

4 Min Read
IMYIDAGADURO

Miss Mutesi Jolly yasabye urubyiruko gukoresha imbaraga zarwo mu kurinda ubumwe bw’Abanyarwanda

Mu gihe u Rwanda n’Isi bibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Miss Mutesi Jolly yasabye urubyiruko…

1 Min Read
IMYIDAGADURO

Fatakumavuta ashobora gufungwa imyaka 9

Mu rubanza rwabaye uyu munsi uyu mugabo wa menyekanye cyane nka Fatakumavuta yaregwagamo ibyaha birimo gutukana mu ruhame yasabiwe igifungo…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Kim Kardashian na Taylor Swift rwabuze gica muri Hollywood

Umunyamideli Kim Kardashiam ahanganiye umwanya na Taylor Swift muri filime iri gutegurwa yitwa 'The Bodyguard' Iyi ni filime yasubiwemo bakaba…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?