DRC: Umucanshuro yemereye Leta kuyicungira ibirombe by’amabuye y’agaciro

Ni uwitwa Erik Dean Prince, Umucancuro wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wemereye leta ya RDC ko azacunga umutekan mu birombe by’amabuye y’agaciro yayo hagamijwe kureba uko imisoro ihangirwa bayikusanya.

Amakuru ava ku biro Ntaramakuru Reuters avuga ko uyu mucancuro yumvikanye na RDC muri Mutarama 2025.

Uyu mucanshuro Prince yashinze ikigo cy’abacancuro cyitwa Blackwater aho cyagiye kifashishwa n’ibihugu bitandukanye.
Mu 2010 ubwo abarwanyi bacyo bashinjwaga kwica abasivili muri Iraq, yahise agurisha iki kigo.

Muri Mutarama 2025, Prince yemereye Leta ya RDC ko azohereza abacancuro mu Mujyi wa Goma, gua uyu ibi ntinyakunze kuko abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 wasise ugomora uyu mugi.

Umuyobozi muri Leta ya RDC yagaragaje ko ayo masezerano bagiranye na Prince ashobora kuzamo impinduka akajyanishwa a n’ayo iki gihugu giteganya kugirana na Leta zunze ubumwe za amerika.

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version