igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: “IJambo ‘Ntibizongere Ukundi’ rigomba kuba isezerano ryubahirizwa na buri wese ndetse n’ahantu hose” – Perezida wa Kosovo
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > “IJambo ‘Ntibizongere Ukundi’ rigomba kuba isezerano ryubahirizwa na buri wese ndetse n’ahantu hose” – Perezida wa Kosovo
AMAKURU

“IJambo ‘Ntibizongere Ukundi’ rigomba kuba isezerano ryubahirizwa na buri wese ndetse n’ahantu hose” – Perezida wa Kosovo

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 8, 2025 1:11 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Madamu Vjosa Osmani-Sadriu, Perezida wa Kosovo, avuga ko ijambo ‘Ntibizongere Ukundi’ (Never again) rikwiye kuba intero ndetse n’ihame ryubahirizwa na buri wese.

Ni ibikubiye mu butumwa yageneye mugenzi we w’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame hamwe n’abanyarwanda muri rusange, ku munsi isi yose yitananya n’u Rwanda kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Prezida Vjosa yatangaje ko igihugu cye cya Kosovo cyifatanyije mu kababaro n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse bunamiye ababo bambuwe kubaho bazira uko bavutse.

Madam Vjosa yagize ati: “Amateka yabo aratwibutsa inshingano dusangiye zo gukomeza kuba maso, guhangana n’urwango no kubaka Isi ishinze imizi ku butabera n’icyubahiro kuri buri wese.”

Kosovo ni igihugu giherereye ku mugabane w’i Burayi mu majyepfo yawo kikaba ari igihugu gituwe na million 1.5 yabaturage.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kicukiro: Yatawe muri yombi akekwaho gukwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside
Next Article Burundi: Abapolisi babiri n’Umunyamabanga Mukuru wa FFB batawe muri yombi bazira kuganira ku ntambara yo muri RDC
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Tanzaniya: CHADEMA yatangaje aho Tundu Lissu wari waraburiwe irengero aherereye

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, CHADEMA, ryatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ryamenyeshejwe aho Tundu Lissu, umwe mu bayobozi…

2 Min Read
AMAKURU

Bobi Wine agiye kwiyamamariza kuba Perezida ndetse anashinja abo mu Burengerazuba bw’Isi guceceka nyamara Abanya-Uganda bababazwa

Umunya-Uganda utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi (Bobi Wine), yashimangiye ko na we ari mu baziyamamariza kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Liverpool iragaritswe, ibi hari icyo byafasha Arsenal iyikurikiye ku rutonde?

Ikipe ya Liverpool iyoboye urutonde rwa Shampiona Y'abongereza (Premier League) Iteshejwe Amanota na Fulham ku kibuga cya Fulham  Craven Cottage…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida wa Ghana John Dramani Mahama yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Gertrude Torkornoo

Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama yahagaritse Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Gertrude Torkornoo, ku mwanya w’ubuyobozi ku mpamvu zitaramenyekana. BBC yanditse…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?