igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Jose Chameleon agiye gutwika Kampala mu gitaramo gikomeye agiye gukora nyuma yo kuva mu bitaro
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Jose Chameleon agiye gutwika Kampala mu gitaramo gikomeye agiye gukora nyuma yo kuva mu bitaro
IMYIDAGADURO

Jose Chameleon agiye gutwika Kampala mu gitaramo gikomeye agiye gukora nyuma yo kuva mu bitaro

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 12, 2025 12:48 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Umuhanzi wo muri Uganda Jose Chameleone, nyuma y’igihe arwariye muri Amerika yongeye kumera neza aho yagarutse mu gihugu akaba agiye no gukora n’igitaramo gikomeye.

Joseph Mayanja amazina nyakuri ya Jose Chameleone, yamaze kumera neza nyuma y’uko guhera mu mpera za 2024 yari arwaye byatumye ajya no kwivuriza muri Amerika.Uyu muhanzi akaba yari arwaye indwara ziterwa no kunywa inzoga cyane nk’uko umuhungu we Abba Marcus yabitangaje mu mpera z’umwaka washize.

Kuri uyu 11 Mata 2025 nibwo Chameleone n’umuvandimwe we Weasel Manizo wari umurwaje bagarutse i Kampala nk’uko uyu muhanzi yabigaragaje ashyira ifoto ye kuri Instagaram avuga ko agarutse mu gihugu.Nk’uko ibitangazamakuru byo mu Karere bibitangaza, Chameleone agiye guhita akora igitaramo cyongera kumugarura mu muziki neza cyane ko abakunzi be bari bamukumbuye.Icyakora nta makuru arambuye aratangazwa kuri iki gitaramo.

Uyu muhanzi akaba yararwaye n’ubundi afite ibitaramo bitandukanye harimo n’icyo yari afite mu Rwanda mu mpera za 2024.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda Gen Muhoozi Kainerugaba yatanze itegeko ryo guta muri yombi jenerali wa UPDF
Next Article Bobi Wine yatangaje ko naba ari muzima adafunzwe aziyamamariza kuyobora igihugu cya Uganda 2026
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Kate Bashabe yasabye Yago Pondat kureka intambara z’amagambo ahubwo akibanda ku kazi ke

Mu gihe amagambo akomeje kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga hagati ya Yago Pondat n’abo yita abanzi be, umunyamideli n’umushoramari Kate Bashabe…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Rocky Kimomo wamenyekanye cyane mu gusobanura filime yasinye amasezerano azanyuza filime ze kuri StarTimes

Rocky Kimomo wamenyekanye cyane mu gusobanura filime, yashyize umukono ku masezerano y’ikigo gicuruza amashusho cya StarTimes, akaba amwemerera gutambutsa filime…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Abantu 150 nibo bagiye gutoranywamo inyangamugayo mu rubanza rwa Sean Combs uzwi nka Diddy

Urubanza rw’umuraperi Sean Combs uzwi nka Diddy, rwatangiye ku mugaragaro, aho urukiko rwatangiye rutoranya abantu b’inyangamugayo bazifashishwa mu iburanishwa rye.…

2 Min Read
IMYIDAGADURO

”Goma hari umutekano udasanzwe” amagambo ya Bwiza

Umuhanzikazi Bwiza yishimiye umutekano yasanze mu mugi wa Goma aho aherutse muri iyi minsi asangiza abantu uko Goma yamunyuze Umuhanzikazi…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?