igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Mali: Bahagaritse ibikorwa byose by’imitwe ya politike
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Mali: Bahagaritse ibikorwa byose by’imitwe ya politike
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Mali: Bahagaritse ibikorwa byose by’imitwe ya politike

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 14, 2025 8:16 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Mu gihugu cya mali ibikorwa by’imitwe ya politike byahagaritswe, bigararira bamwe nko gukomeza gucecekesha abo muri iki gihugu bakomeje kugaragaza ibitagenda mu miyoborere iriho kugeza ubu iyobowe mu nzibacyuho.

Ni umwanzuro wemejwe na Perezida w’Inzibacyuho wa Mali, Général Assimi Goïta, wagiye ku buyobozi nyuma y’ihirikwa rya Ibrahim Boubacar Keïta ryabaye mu 2020.

Telelevison y’Igihugu ni yo yanyujijweho itangazo ry’uyu mwanzuro, kuri uyu wa 13 Gicurasi 2025 wo guhagarika ibikorwa by’imitwe yose ya politike ikorera muri Mali.

Ni itangazo ryagiraga riti Inama zose z’imitwe ya politike zirahagaritswe ahantu hose mu gihugu.”

Ubundi byari biteganyijwe ko ubu butegetsi bw’inzibacyuho burangirana na Gashyantare 2024 ariko nta matora yigeze ategurwa muri iki gihugu ngo hagire uwemezwa nka Perezida w’iki gihugu ugomba gusimbura Ibrahim Boubacar Keïta.

Ni icyemezo cyafashwe nko gushyiriraho amananiza imitwe itandukanye yakunze kugaragaza ko hashyirwaho ubuyobozi bushingiye kuri demokarasi, ndetse ntabwo haratangazwa igihe amatora yo gushyiraho ubutegetsi bunyuze mu matora azabera.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Amavubi U20 y’Abangavu ashobora kwitabira igikombe cy’Isi 2026
Next Article Karongi: yishwe na mugenzi we bapfa telephone
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Umugabo yarohamye mu cyuzi arapfa, nyuma yo kwanga kumvira umugore we

Mu Karere ka Huye, Umurenge wa Rwaniro, haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo witwa Uwimana Aphrodis, w’imyaka 23, warohamye mu cyuzi cya…

3 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Umukinnyi wa filime mu Rwanda Natacha Ndahiro yahamije ko yakina filime akora imibonano mpuzabitsina

Natacha Ndahiro umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda, yemeje ko nta kintu byamutwara gukina filime akora imibonano mpuzabitsina, mu…

3 Min Read
AMAKURU

Rutsiro: Urujijo ku murambo w’umukobwa w’imyaka 27 wasanzwe mu ishyamba

Nyiragasigwa Eugenie w’imyaka 27 wo mu Karere ka Rutsiro yasanzwe mu ishyamba yapfuye, bikekwa ko yishwe kuko yasanganwe ibikomere ku…

1 Min Read
AMAKURU

Hagiye hanze itariki nyirizina papa mushya azatorerwaho

Inama y’Abakaridinali igomba gutorwamo Umushumba Mukuru mushya wa Kiliziya Gatolika, usimbura Papa Francis witabye Imana, iteganyijwe ku wa 7 Gicurasi…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?