igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Muri Ukraine abagore bagiye gushirwa mu gisirikare ku itegeko
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > MU MAHANGA > Muri Ukraine abagore bagiye gushirwa mu gisirikare ku itegeko
MU MAHANGA

Muri Ukraine abagore bagiye gushirwa mu gisirikare ku itegeko

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 14, 2025 8:03 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Umuyobozi wungirije w’Ibiro bya Perezida wa Ukraine, Col. Pavel Palisa, yatangaje ko Ukraine nayo ikwiye gufata urugero nk’urwa Israel ikinjiza abagore mu gisirikare ku itegeko nayo.

Ubwo uyu mugabo Col. Pavel Palisa yaganiraga n’itangaza makuru kuri uyu wa 12 mata 2025 yatangaje ko igihe cyigeze ngo n’abagore nabo binjijwe mu gisirikare cy’igihugu yagaragaje ko abaturage bakwiye kumva ko kujya mugisirikare ari itegeko cyane ko aba ari igihugu cyabo baba barwanira. yikomye cyane abaturage banze kwinjira mu gisirikare ko aba badakwiye guhabwa amahirwe arimo nko guhabwa akazi ka leta ndetse ko na serivise za Leta bakwiye kuzimwa.

Ati “Niba umuturage avuga ko ashyigikiye Leta, akazi, uburezi, muri rusange, gusaba kwishyurwa mu ngengo y’imari ya Leta, bagomba kubanza gukorera igihugu, hakaba amasezerano ntarengwa, amara nibura umwaka mu gisirikare.”

Yakomeje asobanura ko mu gisirikare kigezweho haba harimo abagabo n’abagore nko muri Israel.

Ati “Hari akazi gatandukanye, uko kaba kameze kose, wenda dukwiriye kwigira kuri Israel kuko irabikora.”

Nyuma y’uko u Burusiya buteye Ukraine mu 2022, iki gihugu cyahise gishyiraho ibihe bidasanzwe ndetse gitangaza ko abagabo bari hagati y’imyaka 18 na 60 batemerewe kuva mu gihugu hagamijwe kongera umubare w’ingabo za Ukraine.

Ukraine ni igihugu muri iyi minsi gikomeje guhura n’ikibazo kibakomereye cyane kirimo kuba batagifite ingabo nyinshi biturutse ku gutakaza umubare munini w’abasirikare aha kurugamba rukomeje kubahanganisha n’Uburusiya urugamba rwamaze kuzuza imyaka itatu.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article UNICEF yashinje M23 kugira  uruhare mu ifatwa ku ngufu ry’abana bato muduce yigaruriye
Next Article Umugaba mukuru w’ingabo za Ethiopia yagiriye uruzinduko mu Rwanda ruzamara iminsi 4
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

U Rwanda rwemeye ko ingabo za SADC ziri i Goma zinyura ku butaka bwarwo zitaha

Leta y’u Rwanda yemeye ko ingabo z’Umuryango w’Iterambere ry’Afurika y’Amajyepfo (SADC) ziri mu mujyi wa Goma no mu gace ka…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Yanze miliyoni 5 z’amadorari bamuhaga ngo arase Prezida Ibrahim Traoré

Ni umwe mu basirikare bashinzwe kurinda Pereizida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, wiyemereye ko yahawe miliyoni 5$ na bimwe mu…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Abasirikare bane ba Afurika y’Epfo baracyitabwaho nyuma yo gukomerekera mu mirwano na M23 muri RDC

Abasirikare bane bakomerekeye mu mirwano hagati y’ingabo za Afurika y’Epfo n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

DRC: Abasaga 110 bishwe n’umwuzure muri Fizi

Ubuyobozi bwa teritwari ya Fizi, intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwatangaje ko umwuzure…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?