igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Myanmar: Abahitanywe n’umutingito bamaze kuzura 1700
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Myanmar: Abahitanywe n’umutingito bamaze kuzura 1700
AMAKURUMU MAHANGA

Myanmar: Abahitanywe n’umutingito bamaze kuzura 1700

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: March 31, 2025 11:25 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ibikorwa byo gushakisha abantu bagwiriwe n’amazu biracyakomeje mu gihugu cya Myanmar nyuma y’uko iki gihugu gikomeje guhura n’ibiza by’umutingito ukomeye uri ku gipimo cya 7.7 ni ibipimo by’ifashishwa bapima ubukana b’umutingito bizwi nka Magnitude mu ndimi z’amahanga ni umutingito watangiye mu mpera z’icyumweru gishize aho uri kwibasira iki gihugu hamwe n’igituranyi cya Thailand

Imibare y’abahitanwa n’uyu mutingito ukomeje kwiyongera umusubirizo dore ko kugeza ubu umubare w’abamaze guhitanwa n’uyu mutingito wamaze kugera ku 1700 mu gihugu cya Myanmar nk’uko igitangazamakuru CNN dukesha aya makuru cyabitangaje.

Kugeza ubu haracyashakishwa abagwiriwe n’inyubako zitandukanye aho hari n’abari kuboneka ariko kubakuramo bikagorana. Hari amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umwana w’umuhungu ari gusezera bwa nyuma kuri mubyeyi we wari wahirimiwe n’inzu igice k’imwe ariko ku mukuramo bikagorana.

Muri rusange abamaze gukomerekera muri ibi biza by’umutingito muri iki gihugu ni abasaga 3,400, ndetse n’abandi basaga 300 bazwi bakomeje kuburirwa irengero muri uyu mutingito umaze iminsi itatu kuva ku wa 5 taliki 28 Werurwe 2025.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umunyarwanda Muhire yaguye mu mpanuka muri Uganda
Next Article ABASIRIKARE BA CONO BISWE ABAJURA
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Perezida Kim yerekanye ubushobozi bwa Koreya y’amajyaruguru ku ntwaro

Perezida wa Koreya ya ruguru yagaragaje ubushobozi bwe mu gukoresha intwaro inini ndetse n'intoya Ubwo perezida wa Koreya ya ruguru…

1 Min Read
AMAKURU

Bafashwe bazira kwiba imiti kandi ari abaforomo

Polisi yo mu majyepfo yatagaje ko baje bufata abaforomo babashinja kwiba imiti bakayigurisha abandi bagiye kuyicuruza kuri cyamunara Ku wa…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

FCC yasabye abanye-Congo kwamagana ijyanwa mu nkiko rya Kabila

FCC, Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riri gushishikariza  Abanye-Congo kwamaganira kure umugambi Leta ifite…

2 Min Read
MU MAHANGA

Muri Ukraine abagore bagiye gushirwa mu gisirikare ku itegeko

Umuyobozi wungirije w’Ibiro bya Perezida wa Ukraine, Col. Pavel Palisa, yatangaje ko Ukraine nayo ikwiye gufata urugero nk'urwa Israel ikinjiza…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?