igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Nahombye kuba ntarabaye umusirikare – Tom Close
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Nahombye kuba ntarabaye umusirikare – Tom Close
AMAKURUIMYIDAGADURO

Nahombye kuba ntarabaye umusirikare – Tom Close

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 2, 2025 2:07 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

D.r Muyombo Thomas ukoresha amazina y’ubuhanzi nka Tom Close yavuze ko iyo ari kureba ifoto y’ababyeyi be bombi bambaye imyamabaro ya gisirikare asanga we yarahombye kuba nawe atarabaye umusirikare.

Ababyeyi ba Tom Close bombi bagize uruhare mu rugamba rwo kubohora Igihugu.
Tom ibi yabivuze ubwo yagiranaga ikiganiro n’ikigo k’igihugu cy’itangazamakuru RBA ubwo yabazwaga ikintu kimuza mu iyo abonye iyo foto y’ababye be.

Yasubije ati: “Iyo foto inyereka ko nahombye kuba ntarabaye umusirikare ni cyo kintu navuga muri ubu buzima ntabashije gukora, ariko ntawamenya sindapfa bishobora kuba impamvu yatuma nkijyamo.”

Yatangaje kandi ko kuba umuyobozi mu kigo gishinzwe gutanga amaraso byatumye y’umva ko akwiye gukora neza ku ruhande rwe nk’igihe na we abonye ngo atange umusanzu we mu iterambere ry’Igihugu.

Yagize ati: “Narinze izamu ryanjye, ubwo numvise ko niba umusirikare, umupolisi, abacuruzi n’abandi bose barimo gukora akazi kabo neza ku rwego rushimishije, nanjye numvise ko ari amahirwe mbonye yo gucunga izamu ryanjye cyane cyane ku maraso ni yo nshingano ya mbere numvise ko mfite.”

Ahantu hatandukanye yagiye agaragara aganira n’itangazamakuru, akunda kuvuga ko kuba umuganga abifata nk’umuhigo yesheje kuko yari yari yarahaye isezerano nyina ko azaba Muganga akamuvura. Ibi yabimubwiye ubwo yamusuraga kwa sekuru arwaye igifu.

Ababyeyi ba Tom Close bombi bagize uruhare mu rugamba rwo kubohora Igihugu.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Million 4 ku kiraro i Nyagatare hagarajwe uko zakoreshejwe
Next Article Inkuba Ziri ku isonga mu biza byahitanye benshi muri Werurwe – MINEMA
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Israel yahitanye abanyepalistine 15 barimo n’umukozi wa UN

Abakozi bakoraga mu bikorwa by’ubutabazi muri Gaza 15 barimo umwe wari umukozi w’umuryango wabibumbye bashyinguwe mu mva rusange mu majyepfo…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Igisirikare cya SADC cyatangiye gutaha bava aha muri Congo nk’uko bari babitangaje

Umuryango wa SADC watangiye gucyura ingabo zabo zari ziri kurugamba hano muri Congo batangiye gutaha baciye mu Rwanda. Ibikoresho bikomeye…

2 Min Read
AMAKURU

Umusore w’imyaka 23 afungiwe gukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 5 i Musanze

Ndayambaje Idrisa, w’imyaka 23, ari mu maboko y’inzego z’umutekano akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka itanu y’amavuko. Ubu afungiwe kuri…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Trump yavuze ko ari we uyoboye Isi

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald John Trump, kri ubu uri kuyobora manda iki gihugu ku nshuro ya…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?