igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: “Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > “Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto
AMAKURUMU MAHANGA

“Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: April 5, 2025 2:51 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Perezida wa Kenya William Ruto yavuze ko yiteguye guhangana mu matora ateganijwe kuba mu mwaka wa 2027, kandi yizeye ko azayatsinda gusa agaragaza ko naramuka anayatsinzwe azajya mu mwuga w’ubuhinzi n’ubworozi.

Aya magambo William Ruto yayatangaje kuri uyu wa Gatanu ubwo yari mu Karere ka Nyeri mu gace ka Othaya, Perezida Ruto yabwiye abaturage ba Nyeri ko yiteguye kuva mu butegetsi igihe cyose baba babona ko atabagejeje kubyo yabasezeranije muri iyi manda ye ya mbere.

Perezida kandi yasabye abamunenga kumuha umwanya akabanza kurangirza ibyo yasezeranyije abaturage ba Kenya, mbere y’uko igihe cy’amatora ateganyijwe mu mwaka wa 2027 kigera, bakongera ku mutora cyangwa se bagahitamo undi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article ”Alain Muku ni umubyeyi kuri njye” amagambo ya Gisupusupu
Next Article Urutonde rw’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi, Amerika itarimo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025
Consumer Protection Manager at BPR: Deadline: 05/27/2025
May 17, 2025
2 job positions of Branch Manager at BPR:Deadline: 05/23/2025
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Abasirikare ba mbere bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo M23 yatsindiye i Goma bageze i Kinshasa

Abasirikare ba mbere bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari baraheze mu mujyi wa Goma nyuma yo…

1 Min Read
Ibyo wamenya ku ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi
AMAKURUPOLITIKE

Menya byinshi byihariye ku Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi (Marine)

Ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi, ni rimwe mu ya Polisi y’u Rwanda, benshi babona iyo ryiyambajwe igihe habaye impanuka…

15 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Gen Muhoozi yigambye gufunga umurinzi wa Bobi Wine

Generale Muhoozi Kainerugaba umugaba mukuru w'ingabo za Uganda, yiyemereye ko yafunze Eddie Mutwe, umuyobozi w’abarinzi ba Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Perezida Ndayishimiye Yashinje u Rwanda Gufasha General Niyombare Gutera u Burundi

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko General Godfroid Niyombare ategura igitero ku Burundi afashijwe n’igihugu cy’u Rwanda. Ibi…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?