igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Perezida wa America Donald Trump ari kotswa igitutu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Perezida wa America Donald Trump ari kotswa igitutu
AMAKURUMU MAHANGA

Perezida wa America Donald Trump ari kotswa igitutu

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 26, 2025 10:27 am
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeye kongera igihe cy’ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Burayi, kikazagera ku itariki ya 9 Nyakanga 2025.

Mu mpera z’icyumweru gishize, Trump yari yatangaje ko ashobora gushyiraho umusoro wa 50% ku bicuruzwa biturutse mu Burayi, nyuma yo kutanyurwa n’umuvuduko muke w’ibiganiro byahuzaga impande zombi.

Icyo cyemezo cyari gutangira gushyirwa mu bikorwa ku itariki ya 1 Kamena 2025.

Icyakora Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ursula von der Leyen, yahise yihutira guhamagara Trump kuri telefoni, amwizeza ko “impande zombi zizakomeza gukorera hamwe kugira ngo zishake igisubizo gihuriweho.”

Ibi byatumye Trump acururuka, yongera igihe cy’ibiganiro, ubusanzwe cyari kuzarangira ku itariki ya 8 Kamena. Uyu muyobozi yari yarashyizeho umusoro wa 20% ku bicuruzwa bimwe na bimwe bituruka mu Burayi, aza kuwugabanya awugeza ku 10% nyuma y’uko u Burayi bwemeye ibiganiro.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Nyanza: RIB yataye muri yombi ukekwaho kuvuga ko buri mwaka yica uwarokotse Jenoside
Next Article EdTech Monday ikataje mu guteza imbere amasomero yo mu buryo bw’ikoranabuhanga
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

AFC/M23 yahakanye imibare yatangajwe na Leta ya Congo ku bapfiriye mu rugamba rwo gufata Goma
May 31, 2025
U Rwanda rugiye kubaka amashuri y’icyitegererezo yigisha ikoranabuhanga harimo na Drone
May 31, 2025
“Mbere yo gufungura urugi, banza witegure” Trump abwira Macron wakubiswe n’umugore we
May 31, 2025
Amavubi yerekeje muri Algeria gukina imikino ya gicuti yo kwitegura Gikombe cy’Isi cya 2026
May 31, 2025
Urukiko rw’Ikirenga rwa Amerika rwemeye icyemezo cya Trump cyo gukuraho uburenganzira bw’abimukira barenga 530,000
May 31, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Leta ya Congo yamaganye ikoreshwa ry’amashilingi ya Uganda muri iki Gihugu

Agashami gashinzwe gusesengura ibipimo muri Minisiteri, nyuma y’urugendo rwakoze mu Ntara ya Ituri kuva ku wa 14 kugeza ku wa…

2 Min Read
Job of Accountant at RTB
AKAZIAMAKURU

Job of Accountant at Rwanda Tvet Board (RTB)

Exams to be conducted 1: Written2: Oral Reports To Director of Administration and Finance Unit Job responsibilities Prepare, examine and…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINO

Rayon Sports yanze gusesa amasezerano na Omborenga Fitina

Omborenga Fitina uherutse gusaba Rayon Sports ko basesa amasezerano bagatandukana yasubijwe ko bitashoboka, asabwa kubahiriza ibikubiye mu masezerano. Ni ibiri…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Urugo rwa Joseph Kabila rwasatswe n’abadafite uruhushya rubibemerera

Joseph Kabila wabaye Perezida wa RDC yasatswe n’Abasirikare bo mu rwego rw’ubutasi b’iki gihugu mu rugo rwe ruherereye mu mujyi…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?