igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Putin yanze kwitabira ibiganiro Zelensky nawe arigendera
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Putin yanze kwitabira ibiganiro Zelensky nawe arigendera
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Putin yanze kwitabira ibiganiro Zelensky nawe arigendera

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 16, 2025 12:04 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, yari yageze muri Turikiya, gusa aza kwisubirirayo ny’uma yo kumenya ko Vladimir Putin w’u Burusiya, bari kuhahurira yanze kuza.

Bari bemeranyije ko bagirana ibiganiro byagombaga guhuriza abo bakuru b’ibihugu bombi i Istanbul muri Turikiya kugira ngo barebere hamwe uko intambara imaze imyaka itatu ishyamiranyije u Burusiya na Ukraine yashyirwaho iherezo.

Ni ibiganiro byagombaga gusiga hashyizweho iminsi 30 y’agahenge abo mu Burengerazuba bw’Isi bari barasabye mbere, ariko Putin akavuga ko bagomba kubanza guhurira muri Istanbul.

Ukutaza kwa Prezida Putin kwamenyekanye mu masaha y’igitondo ahubwo ko ari buhagararirwe n’umufasha mu mirimo witwa Vladimir Medinsky, maze bibabaza Zelensky cyane ndetse avuga ko byerekana uburyo Putin atari umuntu utubahiriza ibyo yemera muri uku gushaka kugarura amahoro hagati y’ibihugu byombi, ndetse aka ari agasuzuguro gakomeye.

Yagize ati “ Ntabwo twahora duhonda ibirenge ngo turi gushaka Putin. Ndumva nsuzuguwe n’u Burusiya, nta gihe cyo guhura, nta ngengabihe, nta tsinda ry’abayozi bakuru, uku ni kunsuzugura cyane.”

Mu gusa nk’uwivumbura Zelensky yatangaje ko nawe atazitabira ibyo biganiro kuko na we azohereza itsinda riyobowe na Minisitiri w’Ingabo wa Ukraine.

Ibi biganiro byapfubye byari kuba ibya mbere bibaye hagati y’aba ba Perezida bombi kuva intambara yatangira. Akimenya ko Putin yanze kuza, Perezida wa Leta z’unze ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko na we yasubitse urugendo rwe ruza Istanbul ndetse ahamya ko mu gihe atarihurira na Putin ntakindi gikorwa kizongera kuba.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umwanya w’ubucungamari mu kigo cya Rwanda transport development agency (RTDA) | Deadline: May 22, 2025
Next Article Umusore w’i Rutsiro ukekwaho kwica se yafatiwe Nyabugogo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FC Barcelona yegukanye Igikombe cya Shampiyona cya 28
May 16, 2025
Ali Bongo wahoze ayobora Gabon yarekuwe ahita yerekeza i Luanda muri Angola
May 16, 2025
Leta yamaganye ibihuha bivuga Perezida Kiir yitabye Imana
May 16, 2025
Umunyamategeko wa Munyenyezi Beatrice yabwiye urukiko ko ubushinjacyaha bwagiye gukora iperereza rishya ku rwego rw’ubujurire bidakurikije amategeko
May 16, 2025
Umunyarwanda Martin Ngoga yongeye gutorerwa kuyobora Akanama gashinzwe imyitwarire ka FIFA nk’uko byemerejwe mu Nteko Rusange
May 16, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ishaka gusenya ishyaka PPRD rya Joseph Kabila

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani, yasabye Umushinjacyaha mu rukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga gutangira…

1 Min Read
AMAKURU

Trump yatangije gahunda nshya igamije kugabanya amafaranga Leta itanga mu bikorwa byo kwirukana abimukira

Perezida Donald Trump yatangije gahunda nshya igamije kugabanya amafaranga Leta itanga mu bikorwa byo kwirukana abimukira badafite ibyangombwa, aho abemera…

1 Min Read
AMAKURU

Kigali: Umugore akurikiranyweho gutwika umugabo we amumennyeho isombe ishyushye

Mu murenge wa Kimisagara, mu karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru ibabaje aho umugore w’imyaka 38 akurikiranywe…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Hamas irahamagarira amahanga kwamagana umugambi wa Trump wo Kwimura abatuye muri Gaza.

Hamas yahamagariye amahanga kwamagana umugambi wa prezida wa leta zunze ubumwe za America wo gushaka kwimura abanye palisitine muri Gaza.…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?