igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Sudan y’Epfo: Manda y’ubutumwa bw’amahoro ‘UNMISS’ yongerewe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Sudan y’Epfo: Manda y’ubutumwa bw’amahoro ‘UNMISS’ yongerewe
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Sudan y’Epfo: Manda y’ubutumwa bw’amahoro ‘UNMISS’ yongerewe

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 10, 2025 2:01 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Akanama k’umuryango wabibumbye Gashinzwe umutekano ku isi, kongereye Manda ya’abari mu butumwa bw’uyu muryango muri Sudan y’Epfo, ubutumwa buzwi nka UNMISS, kugeza taliki 30 Mata 2026.

Uyu mwanzuro wo kongerera igihe ubu butumwa wafashwe ku wa Kane ugaragajwe na Leta zunze ubumwe za Amerika ushyigikirwa n’abandi banyamuryango 11b’akanama gashijwe umutekano ku isi mu muryango w’abibumbye gusa Ubushinwa n’uburusiya ntacyo byabivuzeho.

Iyi manda n’ubundi igamije kugarura amahoro muri iki gihugu, harimo Kurinda abaturage b’abasivili gufasha mu bikorwa bw’ubutabazi no gutanga infashanyo, no gushyigikira amasezerano y’amahoro yo mu 2020 no gukora iperereza ku kurenga ku mategeko mpuzamahanga.

Amabasaderi wa amerika mu Muryango w’Ababibumbye Dorothy Shea, yavuze ko guverinoma ya Sudani y’ Epfo yagiye ibangamira mu buryo bugaragara ibikorwa bya UNMISS.

Yagize ati:”Guverinoma y’inzibacyuho ikomeje kubangamira UNMISS, bikangiza cyane mu gushyira mu bikorwa ibyayizanye birimo no kurinda z’abasivili, kandi yakomeje kandi yakomeje gushaka ko UNMISS yakuraho icyicaro cyayo kiri Tomping. Turashimangira ko UNMISS yemerewe gusohoza inshingano zayo nta nkomyi, nk’uko bikubiye mu myanzuro y’iyi muri manda nshya.”

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ku isi kandi, kagaragaje ko kiteguye gusuzuma uburyo bwo kongerera ubushobozi abari mu butumwa bw’amahoro muri Sudan y’Epfo bateganyiriza ibihe biri imbere.

Iri vugurura rije mu gihe ibibazo bya politiki n’umutekano bikirimbanyije muri Sudani yepfo dore ko n’amasezerano y’amahoro yo mu 2018 adatanga ikizere ko ituze rizagaruka vuba.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Abana 9 bavutse ari impanga kuri ubu bujuje imyaka 4 y’amavuko
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Sudan y’Epfo: Manda y’ubutumwa bw’amahoro ‘UNMISS’ yongerewe
May 10, 2025
Abana 9 bavutse ari impanga kuri ubu bujuje imyaka 4 y’amavuko
May 10, 2025
Rayon Sports yanze gusesa amasezerano na Omborenga Fitina
May 10, 2025
Abantu bataye ukwemera bashishikarira Ubutunzi n’ikoranabuhanga – Papa Leo XIV
May 10, 2025
Miliyari zisaga 7000 ni zo ziteganyijwe mu mbanzirizamushinga y’itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta ya 2025/2026
May 10, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

RDC: Muyaya abona kujya I Goma kwa Kabila ari ubugambanyi

Taliki 18 Mata 2025, ni bwo Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo yageze i Goma…

1 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Minisitiri Nduhungirehe avuga ko guhura kwa Perezida Kagame na Tshisekedi ari intangiriro y’inzira y’amahoro

Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda avuga kokuba harabaye ibiganiro hagati ya Perezida Paul Kagame w’u Rwanda…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Imisozi ihanamiye Kaziba yigaruriwe n’umutwe wa M23

Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko imisozi ihanamiye i santire ya Kaziba yafashwe n’umutwe…

2 Min Read
AMAKURU

Karongi: Babiri bahamijwe icyaha cya Jenoside batawe muri yombi

RIB yataye muri yombi Murindabyuma Jean w’imyaka 48 na Shema Tharcisse w’imyaka 59, bari barakatiwe n’Urukiko Gacaca rwa Gasura mu…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?