igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Trump yahaye Tiktok igihe ntarenga ikaba itakiri iy’abashinwa
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IKORANABUHANGA > Trump yahaye Tiktok igihe ntarenga ikaba itakiri iy’abashinwa
IKORANABUHANGAMU MAHANGA

Trump yahaye Tiktok igihe ntarenga ikaba itakiri iy’abashinwa

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 5, 2025 5:34 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Perezida wa leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yahaye ikigo cyabashinwa cya Tiktok iminsi 75 gusa kikaba kitakiri mu maboko abashinwa niba gishaka gukomeza gukorera muri iki gihugu.

Donald Trump perezida wa America yatangaje ko ikigo cya Tiktok gihawe iminsi 75 gusa kikaba cyamaze kugurwa n’undi muntu utari umushinwa kugira ngo kemererwe gukomeza gukorera aha muri America.

Abinyujije kurubuga rwe perezida wa Amerika Donald Trump yagize ati “Ubuyobozi bwanjye burimo gukora cyane ku masezerano yo kurokora TikTok, kandi tumaze gutera intambwe ishimishije. Bisaba akazi kenshi kugira ngo ibyemezo byose bikenewe bishyirweho umukono, ni yo mpamvu nashyize umukono ku itegeko ryemerera TikTok gukomeza gukora mu gihe cy’iminsi 75.”

Sosiyete ya ByteDance igenzura TikTok yemeje ko iri mu biganiro na Guverinoma ya Amerika kugira ngo hashakwe igisubizo, gusa ivuga ko hakiri ibintu by’ingenzi bigomba kubanza gukemurwa.

Yagize iti “Nta masezerano arashyirwaho umukono kandi icyemezo icyo ari cyo cyose kizafatwa hashingiwe ku mategeko y’u Bushinwa.”

Tiktok yari yarahagaritse ibintu bitanyuze abanyamerika nyuma iza kugarurwa. Uru rubuga rukoreshwa n’abasaga miliyoni 170 aho muri Amerika, kimwe mubyo rwashinjwe hari ukuba bivugwa ko rugenzurwa na leta y’Ubushinwa.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Impunzi yaguye mu mubyigano wo gufata ibyo kurya
Next Article Thomas Müller ntazakomezanya na Bayern Munich
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

AFC/M23 yerekanye abarwanyi ba FDLR, Wazalendo na FARDC yafashe bahungabanya umutekano w’umujyi wa Goma

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryerekanye abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, Wazalendo n’abasirikare ba…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ubwongereza bugiye gufasha Ukraine mu kubaka igisirikare cyahangana n’Uburusiya mu gihe ibiganiro by’amahoro bikomeje

John Healey, Umunyamabanga wa Minisiteri y’ingabo mu Bwongereza, yatangaje ko Ubwongereza bugiye kohereza abasirikare gufasha iki gihugu kongera kubaka igisirikare…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Kabila agiye kwamburwa ubudahangarwa atabwe muri yombi afungwe

Uwahoze ari perezida ya Congo Joseph Kabila agiye gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo abe yakurikiranwa n'amategeko aryozwe ibwaha ashinjwa byo kugambanira…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

SADC barashaka kuva muri Congo vuba na bwangu

Umugaba mukuru w'ingabo za Africa Y'epfo Gen. Rudzani Maphwanya, yatangajeko mu rwego rwo kwihutisha gahunda yo kuva aha muri Congo…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?