igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umugabo washatse kwica Trump yafashwe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umugabo washatse kwica Trump yafashwe
AMAKURUMU MAHANGA

Umugabo washatse kwica Trump yafashwe

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 30, 2025 2:45 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwataye muri yombi umugabo ukomoka muri Mexique, ukurikiranyweho gushaka kurasa Perezida Donald Trump, nk’uko byatangajwe n’Urwego gishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu, DHS.

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu, Umunyamabanga wa DHS, Kristi Noem, yashimiye abakozi b’uru rwego, avuga ko “uyu munyamahanga utari ufite ibyangombwa… ari mu maboko y’ubutabera.”

Mu ntangiriro z’uku kwezi, uyu mugabo ni bwo yanditse ibaruwa yanditswe intoki. Ni umugabo w’imyaka 54 witwa Ramon Morales Reyes, aho yavuze ko yarasa perezida igihe yaba amubonye mu bikorwa bye byo kwiyamamaza.

Bivugwa ko uyu mugabo yashinja Amerika kwirukana umuryango we “Turambiwe uyu perezida udukina ku mubyimba twe Abanya-Mexique – twe twakoze byinshi muri iki gihugu kurusha mwebwe, abazungu.”

Morales yinjiye muri Amerika mu buryo butemewe nibura inshuro icyenda hagati ya 1998 na 2005, kandi afite amateka yo gukora ibyaha birimo icyaha gikomeye cyo guhitana umuntu mu mpanuka agahita atoroka. Yatawe muri yombi, ubu akaba ategereje koherezwa iwabo.

Ibi bibaye mu gihe Donald Trump aherutse kurokoka ubwo umwicanyi yashakaga kumurasa mu bikorwa byo kwiyamamaza byabereye i Butler, muri Leta ya Pennsylvania akamurasa ku gutwi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Inyeshyamba za AFC/M23 zemeje ko abantu basaga 870 baguye mu rugamba rwo gufata umugi wa Goma
Next Article Umuhanzi ukomeye muri Afurika y’Epfo agiye gutaramana na The Ben i Kigali
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuhanzi Sarkodie yashimiye Akon byimazeyo
June 1, 2025
Sheebah Karungi yateguje igitaramo muri Kampala Serana Hotel
June 1, 2025
Ibisambo bya Gicumbi akabo kashobotse
June 1, 2025
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yishyuye miliyoni 360$ ngo yisubize uburenganzira ku ndirimbo ze
June 1, 2025
Mu Mujyi wa Kigali, urubyiruko 13.666 ruhabwa amasomo y’ubumenyingiro mu mashuri 76
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Ibyo wamenya ku umujyi wo muri Amerika aho kwambara inkweto ndende bisabirwa icyemezo

Muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Umujyi muto wa Carmel-by-the-Sea, ubu waramamaye kubera ko abawugendamo bose bagomba kubanza gusaba icyemezo gitangwa…

3 Min Read
AMAKURU

Umusore wo mu Karere ka Rutsiro nyuma yo gusambanya abana babiri yaburiwe irengero

Mu Murenge wa Nyabirasi, Akarere ka Rutsiro, haravugwa umusore w’imyaka 20 ukekwaho icyaha cyo gusambanya abana babiri b’abakobwa b’imyaka 12…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Kenya: Umugabo yafunzwe nyuma yo gusangwa amaze gutaburura umurambo wa se

Umugabo w’imyaka 28 y'amavuko uba mu gace ka Uasin Gishu mu gihugu cya Kenya yatawe muri yombi n'inzego z'umutekano nyuma…

1 Min Read
AMAKURU

Minisitiri Utumatwishima yakebuye urubyiruko ruri kurangazwa n’imbuga nkoranyambaga mu bihe by’icyumweru cy’Icyunamo

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yakebuye urubyiruko ruri kurangazwa n’imbuga nkoranyambaga mu bihe by’icyumweru cy’Icyunamo rugakora…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?