igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umugabo wo mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho kwica umwana we w’imyaka 11
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umugabo wo mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho kwica umwana we w’imyaka 11
AMAKURU

Umugabo wo mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho kwica umwana we w’imyaka 11

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 13, 2025 10:32 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yafashe umugabo w’imyaka 32 ukekwaho icyaha gikomeye cyo kwica umwana we w’umuhungu w’imyaka 11, amujyanye kumwicira mu Karere ka Huye, aho bivugwa ko yanamuciye umutwe ndetse agerageza no kuwutwika

Ibi byabaye ku wa 5 Gicurasi 2025, ubwo uyu mwana witwa Gisubizo yaturukaga ku ishuri rya GS Hanika riherereye mu Karere ka Nyanza, ajya gusura se wari usanzwe akora akazi ko kogosha mu mujyi wa Nyanza. Aho yaje kujyanwa na se mu Karere ka Huye aho bikekwa ko ari ho yamwiciye.

Amakuru avuga ko nyuma yo kwica umwana we, uyu mugabo yamuciye umutwe arawutwika, ariko ntiwahiye neza.

Ubu bugizi bwa nabi bwakurikiwe n’iperereza ryihuse ryashyizweho na Polisi, aho byaje gutuma uyu mugabo afatwa ku wa 9 Gicurasi 2025 mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana, mu Karere ka Nyanza.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Habiyaremye, yemeje ifatwa ry’uyu mugabo, avuga ko akurikiranyweho icyaha cyo kwica umwana we yibyariye.

SP Habiyaremye yasabye abaturage kwirinda ibyaha bihungabanya ubuzima bw’abandi, abibutsa ko ubikoze atabura gukurikiranwa n’amateko.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article APR FC yasezereye umutoza Darko Nović n’abungiriza be
Next Article Umushinwa wigana Donald Trump akomeje gukurura abatari bake ku mbuga nkoranyambaga
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Mu gihe urubanza rwa Diddy rumaze iminsi mike rutangiye, undi mugore yamujyanye mu rukiko amushinja kumusambanya ku gahato

Mu gihe urubanza rw’umuraperi Sean Combs uzwi nka PDiddy rurimbanyije, yongeye kuregwa n’undi mugore umushinja ko yamusambanyije ku ngufu mu…

2 Min Read
AMAKURU

Kigali: Umugore akurikiranyweho gutwika umugabo we amumennyeho isombe ishyushye

Mu murenge wa Kimisagara, mu karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru ibabaje aho umugore w’imyaka 38 akurikiranywe…

2 Min Read
AMAKURU

Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia yasohowe mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia, Avraham Neguise, yasohowe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 abishwe muri Jenoside yakorewe…

2 Min Read
AMAKURU

Umuyobozi Mukuru wungirije wa RSSB Louise Kayonga yavuze ko ibigo nderabuzima n’amavuriro y’ibanze bigiye kujya bihabwa amafaranga y’imiti mbere

Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rwatangaje ko rugiye gutangiza uburyo bwo guha amavuriro y’ibanze n’ibigo nderabuzima amafaranga azwi nka ‘Capitation’…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?