igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo yiyahuye nyuma yo kubengwa n’umumotari yahaye amafaranga
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo yiyahuye nyuma yo kubengwa n’umumotari yahaye amafaranga
AMAKURUUBUZIMA

Umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo yiyahuye nyuma yo kubengwa n’umumotari yahaye amafaranga

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 25, 2025 8:42 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
Umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo yiyahuye nyuma yo kubengwa n’umumotari yahaye amafaranga
SHARE

Umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo yapfuye bitunguranye aho bikekwa ko yiyahuye.

Ibi byabaye mu ijoro ku wa Kane, tariki ya 24 Mata 2025 mu gace ka Nyabagere zone ya Gihosha muri komine ya Ntahangwa mu mujyi wa Bujumbura mu Burundi.Amakuru atangwa n’abo babanaga mu rugo avuga ko bari baryamye nk’ibisanzwe, ariko umukobwa bari basangiye icyumba atangira gutabaza amuhamagara. Nyuma yo kumubura, batangiye kumushakisha mu nzu hose.

Mu nzu baje kumubura maze bamusanga mu bwiherero aho yari yimanitse akoresheje igitenge yanyujije mu idirishya.Abo bakoresha be batangaje ko nta kibazo bigeze bagirana nawe kandi ko bari babanye neza. Bavuze ko batigeze bamenya impamvu yamuteye kwiyambura ubuzima.

Abaturanyi bo bavuga ko hashize iminsi uyu mukobwa atandukanye n’umusore bakundanaga, bivugwa ko akora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto.

Hari amakuru ko ashobora kuba yaranamuhaye amafaranga mbere y’uko batandukana, bikaba byaramubabaje cyane.Abashinzwe umutekano hamwe n’inzego z’ibanze bahise bagera aho byabereye, umurambo ujyanwa ku bitaro bikuru kugira ngo ukorerwe isuzuma.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umubyeyi ubyara Niyo Bosco yashinguwe umuhango witabiriwe n’umuhungu we Niyo
Next Article Muhanga: Impanuka y’ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro yahitanye Umugabo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUUBUZIMA

Nigeria: Icyorezo cyiswe Lassa Fever kimaze guhitana ubuzima bw’abantu bagera ku 138

Muri Nigeria, icyorezo cyiswe Lassa Fever kimaze guhitana ubuzima bw’abantu bagera ku 138 guhera muri Mutarama 2025, nk’uko bigaragarazwa muri…

3 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Mu gihe urubanza rwa Diddy rumaze iminsi mike rutangiye, undi mugore yamujyanye mu rukiko amushinja kumusambanya ku gahato

Mu gihe urubanza rw’umuraperi Sean Combs uzwi nka PDiddy rurimbanyije, yongeye kuregwa n’undi mugore umushinja ko yamusambanyije ku ngufu mu…

2 Min Read
AMAKURUUBUKUNGU

Umujyi wa Kigali ugiye kubarura imitungo n’ ibikorwa by’ubucuruzi bizimurwa ubwo Gare ya Nyabugogo izaba ivugururwa

Ku wa 16 Mata 2025, ni bwo watangaje ko ibi ko bizakorwa mu rwego rwo kwitegura gushyira mu bikorwa umushinga…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Nigeria: Imirwano yabaye hagati y’abahinzi n’aborozi yahitanye abantu 56

Nibura abantu 56 bimaze kumenyekana ko bahitanywe n’ibitero bibiri bikomeye byagabwe muri Leta ya Benue, iri mu burengerazuba bwa Nigeria,…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?