igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umushoramari Coach Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Umushoramari Coach Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki
IMYIDAGADURO

Umushoramari Coach Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 21, 2025 6:43 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Karomba Gael uzwi cyane nka Coach Gael yagaragaje ko igihe gishobora kuba kigeze ngo ave mu muziki nk’ko yabitangaje abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram

Coach Gael akaba nyiri 1:55 Am inzu y’umuziki ibarizwamo Bruce Melodie, Element hamwe na Kennysol yatangaje ko igihe kigeze ibyo gushora amafaranga ku bandi akabireka akita kubye nawe ni ubu tumwa yatangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram amagambo yasamiwe hejuru na benshi bibaza niba yaba agiye kurekura umuziki akaba yava mu byo gufasha abahanzi.

Mu magambo ye yanditse mu rurimi rw’icyongereza yagize ati ” Nashoye amafaranga menshi mu gufasha abandi bantu mbikora nta tegereje inyungu n’imwe muri byo gusa ubu nicyo gihe ngo nange nge kwita kubyange”

Uyub mugabo akimara gutangaza aya magambo yakurikiwe na Badrama nawe wigeze gushora imari mu muziki gusa ntibimuhire wahise amusubiza ko gushora amafaranga mu ruganda rw’umuziki nyarwanda ari nko kuyanaga mu bwiherero ashaka kugaragaza ko atari ahantu heza ho gushora amafaranga yawe.

Nubwo Coach Gael akaba na nyiri 1:55 Am yanditse ibi amaze iminsi ari gutegura imishinga we na Bruce Melodie aho baherutse kugaragara mu mashusho bari kumwe n’umuhanzi Diamond Platinum ndetse amakuru ari hanze ni uko bamaze gutegura indirimbo bazaba barimo Bruce Melodie na Diamond ikazasohoka muri iyi mpeshyi iri kuza.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Cardinal Kambanda agiye kugira uruhare mu gushiraho umupapa musha
Next Article Leta ya Congo yamaganye ikoreshwa ry’amashilingi ya Uganda muri iki Gihugu
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Burundi: Imirambo y’abagabo bambaye impuzankano z’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasanzwe mu mugezi wa Rusizi
May 18, 2025
Muhanga: Umusore wimyaka 19 birakekwa ko yiyahuye nyuma yo gusangwa mu kiziriko
May 18, 2025
Ikibazo cya Rayon minisiteri igiye kugihagurukira
May 18, 2025
Perezida w’Afurika y’Epfo agiye kuganira na Trump wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika
May 18, 2025
FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Nahombye kuba ntarabaye umusirikare – Tom Close

D.r Muyombo Thomas ukoresha amazina y’ubuhanzi nka Tom Close yavuze ko iyo ari kureba ifoto y’ababyeyi be bombi bambaye imyamabaro…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Kate Bashabe yasabye Yago Pondat kureka intambara z’amagambo ahubwo akibanda ku kazi ke

Mu gihe amagambo akomeje kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga hagati ya Yago Pondat n’abo yita abanzi be, umunyamideli n’umushoramari Kate Bashabe…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Umuraperi Sean John Love Combs wamenyekanye nka Diddy mu mugambi wo guhakana gufata kungufu abagore burundu

Umuraperi Sean John Love Combs wamenyekanye nka Diddy ushinjwa gushimuta abagore, kubaha ibiyobyabwenge no kubahatira gukora imibonano mpuzabitsina, yabihakanye avuga…

2 Min Read
IMYIDAGADURO

Uganda: Umuhanzi yajyanywe mu bitaro bamumennye umutwe azira gusebya Bobi Wine

Umuhanzi w’umunya-Uganda Alien Skin yajyanywe mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’itsinda ry’abantu benshi mu karere ka Iganga, aho bamukomerekeje bikabije…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?