igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Umuturage yatoraguye imbunda yari itabye mu murima
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Umuturage yatoraguye imbunda yari itabye mu murima
AMAKURU

Umuturage yatoraguye imbunda yari itabye mu murima

TWIZEYIMANA DAVID
Last updated: May 26, 2025 8:20 pm
TWIZEYIMANA DAVID
Share
SHARE

 Mu Karere ka Nyanza mu Mudugudu wa Karambo B, Akagari ka Gishike, Umurenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, habonetse imbunda mu murima w’umukecuru w’imyaka 70.

Amakuru dukesha UMUSEKE avuga ko iyo mbunda yagaragaye ubwo umugabo yarimo ahinga muri uwo murima umaze igihe kinini udahingwa.

Abaturage bavuga ko iyo mbunda ishaje yari izingiye mu mashashi no mu mufuka, muri uwo murima umaze igihe udahingwa kubera amakimbirane hagati y’abawuguze.

Bavuga ko nyir’uy’umurima wa mbere yimutse ajya gutura mu murenge wa Mukingo i Nyanza.

Aba baturage basobanura ko mu 1994 muri aka gace hanyuze abasirikare ba Habyarimana bahunga, bikekwa ko ari bo bayitabye aho.

Abahingaga kandi bayikuyemo bayishyira mu ruhavu maze inzego z’umutekano ziyijyana ku biro by’umurenge wa Rwabicuma.

Umuyobozi w’akarere ka Nyanza w’agateganyo, Patrick Kajyambere yavuze ko babimenye bagendeye ku makuru bahawe n’abaturage.

Yavuze ko muri kariya gace hanyuze ingabo za kera zihunga arizo zishobora kuba zarasize zitabye iyo mbunda.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article 11 bazahagararira u Rwanda muri ‘Kigali International Peace Marathon’ bagaragaye
Next Article Inyeshyamba za M23 zemeje bidasubirwaho ko Kabila araye mu mujyi wa Goma
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Perezida William Ruto arasabwa kwishyura abaguye mu myigaragambyo
June 1, 2025
Umuhanzi Sarkodie yashimiye Akon byimazeyo
June 1, 2025
Sheebah Karungi yateguje igitaramo muri Kampala Serana Hotel
June 1, 2025
Ibisambo bya Gicumbi akabo kashobotse
June 1, 2025
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yishyuye miliyoni 360$ ngo yisubize uburenganzira ku ndirimbo ze
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

RDC: Minisitiri Mutamba yavuze ko adatinya gufungwa

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yasubije Umushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza, Firmin Mvonde, ko…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Perezida Trump na Zelensky bagiranye ikiganiro kidasanzwe cy’amateka

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump, na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, bagiranye ikiganiro cyihariye cyasobanuwe nk'icy'amateka,…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADUROMU MAHANGA

Uburwayi bwa Jose Chameleone bwatewe n’inzoga nyinshi

Jose Chameleone, umuhanzi wo muri Uganda umaze iminsi mu bitaro muri Leta Zunze za Amerika, yemeje ko indwara yo kubyimba…

1 Min Read
AMAKURU

AFC/M23 n’umutwe wa Wazalendo bakozanyirijeho mu mujyi wa Goma

Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu ya Ruguru, bushyigikiwe n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, bwasabye abaturage kugumana ituze nyuma y’imirwano yabaye mu…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?