igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Vancouver: Abantu 9 nibo bapfuye
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Vancouver: Abantu 9 nibo bapfuye
AMAKURU

Vancouver: Abantu 9 nibo bapfuye

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 28, 2025 11:37 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Polisi ya Vancouver iravuga ko abantu icyenda bamaze kumenyekana ko bapfuye abandi bagakomereka nyuma y’uko umugabo wari utwaye imodoka ya SUV ayigongesheje imbaga y’abantu mu iserukiramuco.

Nyir’ikamyo icuririzwamo ibiryo wari uri aho yabwiye BBC ati: “Byari biteye ubwoba,” imodoka yagiye “igororotse rwose, inyura mu bantu.”

Polisi ivuga ko umusore w’imyaka 30, utuye muri uyu mujyi afunzwe, ikomeza ivuga ko bizeye ko iki atari igikorwa cy’iterabwoba nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga.

Yari azwi na polisi “mu bihe bimwe na bimwe”, ariko umuyobozi wa polisi ya Vancouver avuga ko adashobora kugira icyo avuga niba ukekwaho icyaha asanzwe ari umunyabyaha cyangwa atari we.

Festival ya Lapu itegurwa n’umuryango w’Abanyafilipine baba muri Canada wari utangiye ubwo ibi byabaga nyuma gato ya 20h00 ku isaha yaho (03:00 GMT, 04:00 BST).

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umwe mu bantu 17 mu bibiye Kim Kardashian i Paris yemeye icyaha
Next Article Koreya ya Ruguru yameje ko yohereje ingabo kurwanira Uburusiya mu ntambara burimo na Ukraine
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025
Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
May 17, 2025
Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
May 17, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Ihuriro ry’Ingabo za Congo rigabweho igitero gikomeye na M23 yifatanije na Twirwaneho

Amakuru aturuka mu gace ka Nyangenzi, kari muri teritwari ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

RDC: Umwuka mubi hagati ya Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi

Abarwanyi ba Wazalendo, bafatanya n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) mu guhangana n’umutwe wa M23, batangaje…

1 Min Read

Abayobora ubukwe (MC) barasabirwa kujya batanga umusoro

Abakunze gukora mu birori by’ubukwe barimo ababuyobora (MCs) barasabirwa kujya batanga umusoro hagendewe ko na bo bari mu binjiza amafaranga…

2 Min Read
AMAKURU

Aba cardinals 133 bose bari kwitegura gutora Papa mushya usimbura uherutse kwitaba Imana

Aba cardinals 133 bose bamaze kugera muri Chapelle Sistine iri i Roma ngo batore Papa usimbura Francis uherutse gupfa. Abatora…

4 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?